• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Kamonyi: Ibirombe bikomeje guhitana abantu

Umwanditsi
May 16, 2017

Nyuma y’aho ibirombe 2 bicukurwamo amabuye y’agaciro mu murenge wa Rukoma bigwiriye abantu 2 umwe agakurwamo ari muzima undi agapfa, babiri muri uyu murenge ahagana saa Cyenda z’igitondo bagwiriwe n’ikirombe umwe yapfuye undi aracyashakishwa.

Ahagana ku isaha y’isaa cyenda z’igitondo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gicurasi 2017 mu murenge wa Rukoma akagari ka Murehe, umudugudu wa Mubuga, ikirombe cyagwiriye abantu babiri umwe yamaze gukurwamo yapfuye undi aracyashakishwa.

Ikirombe cya AMP( African Minerese Petroleum) cy’uwitwa Murego Paulin, cyagwiriye abana 2 umwe witwa Bikorimana Richard w’imyaka 17 y’amavuko, uwitwa Sindayigaya Alphonse w’imyaka 16 y’amavuko.

Aba bana b’abasore uko ari babiri baguye muri iki kirombe, amakuru yizewe agera ku intyoza.com ni uko bari bagiye bihishe bashaka kwiba amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Koruta acukurwa muri iki kirombe.

Uwapfuye ni uyu Bikorimana Richard w’imyaka 17 mu gihe Sindayigaya Alphonse w’imyaka 16 akiri mukirombe aho abaturage, umuyobozi bw’umurenge wa Rukoma bategereje imashine ngo ibafashe gushaka uwaheze mukirombe aho batazi niba avamo ari muzima cyangwa se ari umupfu.

Turakomeza kubakurikiranira ibikorwa byo gukuramo uyu Sindayigaya ukiri mu kirombe.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

One Comment

  1. boniface says:
    May 17, 2017 at 9:27 am

    ABANTU BAKWIYE KWITONDERA KUJYA MU BIROMBE KUKO BYAGARAGAYE KO BAJYAMO NTABUMENYI BABIFITEMO UGASANGA BAHASIZE UBUZIMA, ABABUZE ABABO NIBAKOMEZE KWIHANGANA.

Comments are closed.

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga