• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
19/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
19/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
19/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Perezida Trump afite icyizere cyo kubonera umuti w’amahoro aho abandi bawuburiye

Umwanditsi
May 23, 2017

Umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump mu rugendo agirira mu burasirazuba bwo hagati, yatangaje ko afite icyizere mu guhuza Isiraheli na Palesitina amahoro akaboneka.

Perezida Donald Trump uyoboye Leta zunze ubumwe za Amerika, mu ruzinduko agirira mu burasirazuba bwo hagati, yatangaje ko agiye gukora Ibishoboka byose kugira ngo igihugu cya Isiraheli na Palesitina amahoro byabuze igihe kitari gito agaruke.

Donald Trump, mu nama yagiranye na Mahmoud Abbas yatangaje ko yishimiye ko umuyobozi wa Palesitina yemeye kurwanya ibikorwa by’iterabwoba. Mu myaka irenga itatu ishize, nta biganiro igihugu cya Isiraheli giherutse kugirana na Palesitina.

Perezida Donald Trump, nkuko tubikesha ijwi rya Amerika avuga ko aya masezerano akomeye kuruta ayandi.

Trump, atangaza kandi ko Perezida Abbas yamwemereye ko agiye gukora yitanga kugira ngo bagere kuri iyo ntego. Yavuze ko yagiye Ibetelehemu aho yagiranye ibiganiro na Abbas, ko afite umutima urimo icyizere. Yiyemeje gukora ibishoboka byose hamwe n’abandi bategetsi ngo abafashe kugera ku mahoro arambye. Uyu munsi ni uwanyuma Perezida Trump asura akarere ko mu burasirazuba bwo hagati.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga