• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
23/06/26
Kamonyi-Ruyenzi Sporting Club: OLYMPIC FC yisubije Igikombe cyo Kwibuka Abasiporutifu
23/06/26
Kamonyi-EXPO: Abaturage barakangurirwa kugera ahabera Imurikabikorwa n’Imurikagurisha/EXPO
23/06/26
Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kumenya amateka y’u Rwanda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha
23/06/26
Kamonyi-Gacurabwenge: Umurambo w’umusaza w’imyaka 67 wasanzwe mu cyumba araramo

ADEPR: Zahinduye imirishyo, nyuma y’ifungwa rya bamwe Komite nshya yashyizweho

Umwanditsi
May 30, 2017

Inteko rusange y’iteroro rya Pantekote mu Rwanda-ADEPR yateranye kuri uyu wa 30 Gicurasi 2017 yashyizeho ubuyobozi bushya busimbura abayobozi bakuru b’iri torero bari mugihome aho bakurikiranyweho inyerezwa ry’umutungo.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Gicurasi 2017 nibwo ahagana saa tatatu za mugitondo inama rusange y’itorero rya Pantekote mu Rwanda-ADEPR yateranye, kimwe mu bintu bikomeye iyi nama yakoze ni ugushyiraho Komite nshya isimbura iyari iriho yamaze kugera mu maboko y’ubutabera izira ibyaha bifitanye isano n’inyerezwa ry’umutungo w’iri torero.

Komite nshya yatowe na buri umwe ku mwanya we.

Abatorewe imirimo mishya muri iri torero ni; Rev. Karuranga Ephreem watorewe kuba umuvugizi w’iri torero, Rev. Karangwa John umuvugizi wungirije, Pasiteri Ruzibiza Viateur yagizwe umunyamabanga mukuru, Mme Aurelia Umuhoza wagizwe ushinzwe imari n’ubukungu, Pasiteri Nsengiyumva Patrick wagizwe umujyanama.

Iyi nama rusange ya ADEPR yateraniye muri Dove Hotel ku Gisozi,  yari igizwe n’abagize inama y’ubutegetsi y’itorero, abashumba mu turere n’indembo hamwe n’ababungirije, abahagarariye Abakristo bose, abitabiriye iyi nama bose hamwe basaga 60, nta munyamakuru wemerewe kuynjiramo.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5986 Posts

Politiki

4233 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1058 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

159 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga