Abana babiri b’abakobwa, umwe w’imyaka 4 n’uwimyaka 2 y’amavuko barohowe mu mazi y’umgezi wa Nyabarongo ubwo bari bamaze gutabwamo n’umukozi ubarera aho ndetse nawe ngo yari munzira zo kwiyahura ngo abakurikire. Ahagana saa saba...
Read More
Gakenke: Gitifu nyuma yo gufungurwa yasezeye ku mirimo ye
Kansiime James, Gitifu w’akarere ka Gakenke nyuma yo gufatwa agafungwa ariko akaza gufungurwa kuko habuze ibihamya byatuma akomeza gufungwa, nyuma y’iminsi micye afunguwe yeguye ku mirimo ye. Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kamena...
Read More