• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
17/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
17/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari
17/09/25
Indege itagira umupirote( Drone) y’Igisirikare cy’u Rwanda yakomerekeje Abanyeshuri

Imfungwa 114 z’abanyasomaliya zari zifungiye muri Etiyopiya zasubijwe iwabo

Umwanditsi
July 23, 2017

Abategetsi b’Igihugu cya Somaliya batangaje ko kuri uyu wa gatandatu bakiriye abaturage b’iki gihugu 114 bari bamaze iminsi bafungiye muri gereza z’igihugu cya Etiyopiya.

Imfungwa z’Abanyasomaliya zishyika ku 114 zari mu magereza y’Igihugu cya Etiyopiya, kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017 zashyitse I Mogadishu mu gihugu cyabo cya Somaliya bavuye mu magereza bari bafungiyemo muri Etiyopiya.

Abategetsi ba Somaliya, batangaje ko aba baturage babo 114 bari bafungiye mu gihugu cya Etiyopiya bashinjwaga ibyaha bitandukanye birimo no kujya muri iki gihugu nta byangombwa byemewe n’amategeko bafite.

Jamaludin Mustafa Omar, uhagarariye Igihugu cya Etiyopiya muri Somaliya yari kumwe n’aba baturage 114 kuva mu gihugu cye ahagarariye, yatangaje ko iki gikorwa ari ikimenyetso cy’umubano mwiza hagati y’ibi bihugu uko ari bibiri.

Irekurwa ry’aba baturage 114 ba Etiyopiya, nkuko inkuru dukesha Ijwi rya amerika ibivuga ngo ribaye inyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Somaliya Hassan Ali Khayre na mugenzi we wa Etiyopiya, Hailemariam Desalegn, igihe bari mu nama ya 29 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubumwe bwa Afurika iheruka kubera I Addis Ababa mu gihugu cya Etiyopiya.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5868 Posts

Politiki

4119 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga