• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
16/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
16/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
16/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy

Perezida Robert Mugabe yongeye kubabaza abatari bacye 

Umwanditsi
July 25, 2017

Umukambwe Robert Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko uyoboye igihugu cya Zimbabwe yababaje abatari bacye mu gihugu cye ubwo we n’umuryango we bahaga impano y’amadolari ya Amerika ibihumbi 60 ku munsi w’isabukuru y’amavuko ya muramu we.

Akayabo k’ibihumbi 60 by’amadolari ya Amerika niyo Perezida Mugabe n”umugorewe Grace batanze nk’impano ku munsi w’isabukuru y’imyaka 60 y’amavuko, aya mafaranga yahawe murumuna w’umugore wa Perezida Mugabe(muramu we).

Uretse aka kayabo k’ibihumbi 60 by’amadolari byatanzwe na Perezida Robert Mugabe n’umugore we, abana babo nabo bahaye uyu murumuna wa mama wabo( Nyina wabo) impano y’ibihumbi 10 by’amadolari ya Amerika yiyongera kuyatanzwe n’ababyeyi babo.

Iyi mpano yatanzwe n’uyu muryango wa Perezida Mugabe yagarutsweho n’abanyazimbabwe batari bacye aho bavuga ko bibabaje cyane kubona igihugu cyabo kiri habi mu bukungu ariko Perezida n’umuryango we bagafata akayabo k’amadolari bakayatangamo impano kuri muramu wa Perezida.

Ubukungu bwa Zimbabwe, bumaze igihe kitari gito butifashe neza, abatari bacye ariko by’umwihariko abanyazimbabwe bashinja Perezida Robert Mugabe kuba nyirabayazana w’ubukungu bujegajega bw’igihugu cyabo, uretse no kuba bashinja Mugabe kuba yatanze aka kayabo k’amadolari yirengagije ubukene igihugu gifite, banamushinja kwangiza umutungo w’igihugu mu ngendo zitari nke akora mu mahanga ariko kenshi akaba aba agiye kwivuza.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5818 Posts

Politiki

4069 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga