• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Koreya ya ruguru yahaye gasopo Amerika inagerageza Missile idasanzwe

Umwanditsi
August 2, 2017

Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyongeye Kwihanangiriza bikomeye Leta zunze ubumwe za Amerika aho yagiye kenshi inayisaba guhagarika ibyo yise ibikangisho bitagira icyo bivuze.

Iyoherezwa rya Missile riheruka gukorwa na Koreya ya ruguru ngo ryari muburyo bwo kwihanangiriza bikomeye Igihugu cya leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bihano Umukuru w’icyo gihugu Trump aherutse gufatira Igihugu cya Koreya ya Ruguru.

Kuri uyu wa gatanu w’icyumweru gishize tariki 28 Nyakanga 2017, Koreya ya Ruguru yagerageje indi missile yashobora kwambukiranya imigabane y’isi, Leta ya Pyongyang yavuze ko ari uburyo bwo kubwira Amerika ngo ihagarike ibyo yise ibikangisho bitagira icyo bivuze

Kim Jon-Un, Perezida wa Koreya ya ruguru.

Perezida wa Koreya ya Ruguru; Kim Jong-Un, nyuma yo kugerageza iyi Missile, ngo yashakaga kwerekana ko Igihugu cye gifite ubushobozi bwo kuburizamo imigambi yose ya Amerika no kuyitera ubwoba.

Umuvugizi wa Leta ya Koreya ya Ruguru nkuko amakuru dukesha Dailymail abivuga, yatangaje ko ari uburyo bwo kwihanangiriza Leta ya Donald Trump ku Bihano yafatiye Koreya ya Ruguru icyo Leta ye ifata nk’aho ari ibikangisho.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / Intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga