• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
21/10/25
Ibiceri 200 gusa byamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni na magana atatu muri FORTEBET
21/10/25
Kamonyi-Mugina: Inteko rusange y’abahoze ari Abarobyi bakaza guhinduka abahinzi b’Umuceri yasojwe habura Ingumi
21/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
21/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo

Menya ubwoko 5 bw’Imbwa zizi ubwenge kurusha izindi

Umwanditsi
August 8, 2017

Imbwa ni inyamaswa ikunze kubana n’abantu ndetse igasabana nabo, hari ndetse n’abantu usanga bakunda imbwa cyane kugera naho baziraga imitungo, abahanga bagaragaje ko mu bwoko bwazo, ubugera muri butanu buzwiho ubwenge kurusha izindi zose.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru le monde, duhereye ku mwanya wa gatanu haza ubwoko bw’imbwa bwitwa “BORDER COLLIE”. Ubu bwoko bw’imbwa ngo buzwi ho ko bukomoka hagati y’umupaka uhuza Ubwongereza na Ecosse. Bukaba buzwiho kugira ubwenge cyane kandi bushobora no kuba bwashakira umuti ibibazo mu kubikemura.

Imbwa yo mubwoko bwa BORDER COLLIE.

Ku mwanya wa Kane, hazaho ubwoko bw’imbwa buzwi ku izina rya «CANICHE ». Ubu bwoko bukaba buzwiho kugira inkomoko mu gihugu cya Espagne. Bukaba kandi buzwi ho kuba buzi ubwenge cyane kandi bukagira ubwitonzi buhambaye ndetse no kuba bushyira mugaciro nk’inyamaswa izi  guherekeza shebuja.

Ubwoko bw’Imbwa bwitwa CANICHE.

Kuri uru rutonde, umwanya wa Gatatu hazaho ubwoko bw’izo bita« LE BERGER ALLEMAND ». ubu bwoko bw’imbwa buzwi cyane ku isi bwo ngo buzwi ho kuba inyaryenge ndetse bukaba buzwi ho no kubana neza n’abantu.

Ubwoko bw’Imbwa bwitwa LE BERGER ALLEMAND .

Ku mwanya wa kabiri hazaho ubwoko bw’izitwa “GOLDEN RETRIEVER”. Ubu bwo ngo ni ubwoko buzwi ho kugira ubutwari mu guhiga kandi buzi no kumenya guhura cyane. Ubu bwoko bw’imbwa kandi ngo bukaba bwikundira utwana dutoya kandi bugakundwa cyane mu muryango.

Ubu bwoko bw’imbwa bwitwa GOLDEN RETRIEVER.

Ku mwanya wa Mbere w’uru rutonde, turahasanga ubwoko bw’imbwa bwitwa « DOBERMAN PINSCHER”. Ubu bwoko ababuzi neza ngo bemeza ko ari ubwoko bw’imbwa zizi akazi kazo ko gukora izamu. Izi mbwa kandi ngo ntizipfa kugira ubwoba.

ku mwanya wa mbere hashyirwa ubu bwoko bw’imbwa bwitwa, DOBERMAN PINSCHER.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie /intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5894 Posts

Politiki

4145 Posts

Ubuhinzi

149 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

149 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga