• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
26/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
26/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
26/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
26/10/25
Ibiceri 200 gusa byamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni na magana atatu muri FORTEBET

Ukekwaho kuba mu gitero cy’iterabwoba cyahitanye abantu muri Espagne yarashwe arapfa

Umwanditsi
August 22, 2017

Igipolisi cyo mu gihugu cya Espagne nyuma yo guhuruzwa n’umugore wari ubonye isura isa n’iy’uwashakishwaga cyahuruye maze ubwo cyashakaga guhunga Polisi ikirasaho gihita gipfa.

Umusore wari wiziritseho igisasu yarashwe na police arapfa mu mugi wa Subirats, mu Burengerazuba bwa Barcelona nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri uyu mujyi.

Umusore w’Unyamaroco w’’imyaka 22 witwa Younes Abouyaaqoub wakekwagaho ko ari we wari utwaye imodoka yakoreshejwe mu bitero by’iterabwoba I Ramblas kuri uyu wa kane, igitero cyaguyemo abantu 13 abandi barenga 100 bagakomereka yarashwe na police yo mu mujyi wa barcelone arapfa

Ubwo yaraswaga na polisi, yumvikanye asakuza cyane agira ati:  ‘Allahu Akbar’ bivuga ngo Imana niyo Nkuru mu rurimi rw’icyarabu”.

Police yahise imuvanaho igisasu yari yambaye ku mubiri ariko ntibiramenyekana niba koko cyani igisasu nyacyo cyangwa Atari cyo.

Iki gitero cyahitanye ubuzima bw’abantu bagera muri 13 kikanakomeretsa abasaga 100 kigambwe n’umutwe w’iterabwoba wiyitirira leta ya kisilamu, uyu mutwe watangaje ko ariwo uri inyuma y’ibitero byagabwe ku muhanda wa Las Ramblas I Barcelona ndetse no mu mujyi wa Cambrils. Gusa ntabwo biragaragazwa neza niba abagabye ibi bitero bakorana n’uyu mutwe cyangwa se niba bagendera ku mahame yawo.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5897 Posts

Politiki

4148 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

149 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga