• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
01/07/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Perezida Donald Trump yihanije Koreya ya ruguru

Umwanditsi
August 31, 2017

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Koreya ya Ruguru nayo ishobora kugabwaho ibitero ni nyuma y’ibyo Koreya ya Ruguru iheruka gukora.

Ibi Perezida Trump yatangaje, ni nyuma y’aho abategetsi ba Leta zunze Ubumwe za Amerika batangarije ko hatewe misile balisique yambukiranyije Igihugu cy’Ubuyapani, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 29 kanama 2017.

Perezida Trump, yatangaje ko bigaragara ko Koreya ya ruguru yasuzuguye ibihugu bituranye, n’ibihugu byo se bigize umuryango w’abibumbye(ONU), kandi ko igikorwa nk’icyo kitabereye icyo gihugu. Yarangije avuga ko barimo kwiga uburyo bwose bushoboka ku bijanye n’icyo gikorwa cyo kwihimura.

Abanyamakuru, babajije Perezida Trump icyo ategekanya gukora kuri Koreya ya Ruguru, Perezida Trump yashubije avuga ko bagiye kubyigaho.

Mu nama y’umutekano y’Umuryango w’Abibumbye(ONU) yihutirwa, yabaye kuri uyu wa kabiri, Nikki Haley, wari uhagarariye Amerika muri ONU yavuze ko hagiye gukorwa ikintu gikomeye, kandi yizeye ko ibihugu by’Ubushinwa n’Uburusiya bikomeza gukorana nabo ku byerekeye icyo kibazo, nk’uko bakoranye mu bihe byahise.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga