• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari
17/09/25
Indege itagira umupirote( Drone) y’Igisirikare cy’u Rwanda yakomerekeje Abanyeshuri
17/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
17/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda

Umutingito wahitanye abagera kuri 361 muri Mexico

Umwanditsi
October 2, 2017

Nyuma y’ibyumweru bigera kuri bibiri umutingito ukomeye ubaye mu gihugu cya Mexico ukangiza ibitari bicye birimo n’ubuzima bw’abantu bwahatikiriye, imibare y’abantu bapfuye iragenda izamuka aho ubu igeze kuri 361.

Mu gihe ibikorwa byo gusukura umujyi muri Mexico bikomeje, imibare y’abantu bahitanywe n’uyu mutingito imaze kugera kuri 361 nyuma y’aho kuri iki cyumweru tariki ya 1 Ukwakira 2017 habonekeye undi murambo w’umuntu ubwo bashakishaga mu magorofa y’inzu yasenyutse ku murwa mukuru Mexico.

Mu gihe ibikorwa byo gushakisha abahitanywe n’uyu mutingito no gusukura umujyi bikomeje, amakuru dukesha ijwi rya Amerika avuga ko imibare y’abapfuye igenda izamuka nyuma y’ibyumweru bigera kuri bibiri umutingito ubaye, hari tariki 19 Nzeli 2017.

Miguel Angel Mancera, umukuru w’umujyi wa Mexico atangaza ko abantu umunani baburiwe irengero, bibaza ko ngo baba bakiri muri imwe mu magorofa 38 muri uyu mujyi yasenywe n’uyu mutingito.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5866 Posts

Politiki

4117 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1010 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga