• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
15/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye
15/10/25
Kamonyi-Kayenzi/GIMI: Barishimira ikorwa ry’Umuhanda wari umaze guhinduka nk’inzira
15/10/25
Kamonyi-Kayenzi: Kirazira ko ducika intege, INKOTANYI ni urugero rw’ibishoboka-Gitifu Nsengiyumva

Igitero kidasanzwe cy’ubwicanyi cyahitanye abantu basaga 250

Umwanditsi
October 16, 2017

Mu gihugu cya Somaliya, igitero kidasanzwe cy’ubwiyahuzi cyahitanye ubuzima bw’abantu basaga 250 mu gihe abandi amagana bakomeretse. Iki gitero ngo nicyo cyambere gihitanye ubuzima bw’abantu benshi kuva Al Shabaab yatangira ibitero.

Ubuyobozi bw’Igihugu cya Somaliya bwatangaje ko abantu basaga 250 aribo bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi mu gihe abandi amagana ngo bakomeretse i Mogadisho ho ku murwa mukuru w’Igihugu cya Somaliya.

Ku bitangazwa n’abategetsi ba Somaliya ku mibare y’abapfuye n’abakomerekeye muri iki gitero, abaganga bo bavuga ko iyi mibare y’abapfuye ishobora kwiyongera ngo kubera uburyo abakomeretse bamerewe.

Iki gitero bivugwa ko aricyo cyambere gikomeye ndetse cyahitanye abantu benshi, cyakoreshejwe imodoka y’ikamyo ngo yari itwaye ibisasu biturika yabonejwe kuri Hotel imwe i Mogadisho maze ubwo yaturikaga kubera ngo hafi aho hari n’ibindi bishobora guturika byongereye umurego maze harashya, ubuzima bw’abantu burahatikirira hanangirika ibitari bike.

Mohammed Abdullahi, Perezida w’Igihugu cya Somaliya yatangaje ko igihugu cye kinjiye mu gihe cy’iminsi itatu yo kunamira abishwe n’iki gitero gikomeye. Nta muntu cyangwa umutwe numwe mu ntagondwa urigamba ko ariwe wateguye iki gitero. Iki gitero cyabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14 Ukwakira 2017.

 

intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5890 Posts

Politiki

4141 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga