• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
18/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
18/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
18/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Raila Odinga yakamejeje, arashaka inzibacyuho y’amezi atandatu

Umwanditsi
November 8, 2017

Bwana Raila Odinga, Umukuru w’amashyaka yishyize hamwe mu guhangana n’ubutegetsi bwa Kenya buyobowe na Perezida Kenyatta uherutse gutsinda amatora ya Kabiri muri iki gihugu, yatangaje ko yifuza Leta y’inzibacyuho izafasha gushakira umuti ibibazo biri mu gihugu. Ntakozwa ibyo gutorwa kwa Kenyatta.

Raila Odinga, umukuru w’amashyaka yishyize hamwe mu kurwanya ubutegetsi buriho muri Kenya buyobowe na Perezida Kenyatta, asaba ko hajyaho Leta y’inzibacyuho mu gihe cy’amezi atandatu yafasha mu gushakira hamwe ibibazo igihugu gifite byakuruwe ahanini n’amatora y’umukuru w’igihugu.

Bwana Odinga, atangaza ko muri iki gihe cy’inzibacyuho cy’amezi atandatu asaba ngo havugururwa bushya itegeko nshinga mu rwego rwo kongera gutunganya bushya ububasha bw’umukuru w’igihugu.

Uyu munyapolitiki uhanganye bikomeye na Perezida Kenyatta, amakuru dukeshya bbc arahamya ko ari mu rugendo mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika. Yatangaje kandi ko yiteguye kwicara akagirana ibiganiro na Perezida Uhuru Kenyatta kubirebana n’iri hindurwa ry’itegeko nshinga mu rwego kandi ngo rwo kwirinda ibibazo byavuka mu miryango yagiye ikomeza kuvuga ko ihezwa.

Perezida Uhuru Kenyatta, niwe watsinze amatora ya Kabiri yabaye mu gihugu cya Kenya nyuma y’aho urukiko rw’ikirenga rwemereje ko ibyavuye mu matora ya mbere biteshwa agaciro ngo kuko atari akurikije amategeko n’amabwiriza agenga amatora. Kenyatta, yatsinze amatora ya kabiri yabaye tariki ya 26 Ukwakira 2017 aho yegukanye amajwi 98% by’abatoye, aya matora ntabwo yitabiriwe na Raila Odinga.

 

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga