• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
17/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
17/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari
17/09/25
Indege itagira umupirote( Drone) y’Igisirikare cy’u Rwanda yakomerekeje Abanyeshuri

Ibihugu by’Uburayi birashinjwa uruhare mu iyica rubozo ry’abimukira muri Libiya

Umwanditsi
December 12, 2017

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu(Amnesty International), urashyira mu majwi Guverinoma zo mu muryango w’ubumwe bw’Ibihugu by’Uburayi kugira uruhare mu bikorwa bya by’iyicarubozo bikorerwa impunzi mu gihugu cya Libiya.

Gushinja ibihugu by’Uburayi kugira uruhare mu bikorwa bya kinyamaswa bigirirwa impunzi mu gihugu cya Libiya, aho zikorerwa iyicarubozo, uyu muryango ubishingira ku kuba ibi bihugu aribyo bifasha abashinzwe gucunga inkengero z’amazi ya Libiya hamwe n’abacunga ibigo izi mpunzi zifungiwemo muri iki gihugu.

Umuryango Amnesty International, uharanira uburenganzira bwa muntu ku isi ushinja kandi bamwe mu bashinzwe gucunga umutekano ku nkombe z’amazi ya Libiya gukorana n’abacuruza abantu. Mu mwaka wa 2016 nkuko bbc dukesha iyi nkuru ibivuga, umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi wateye inkunga ibikorwa byo gucunga inkengero z’amazi ya Libiya.

Impunzi nyinshi mu gihugu cya Libiya zikorerwa iyica rubozo, zikorerwa kandi ihohoterwa ndetse n’imirimo y’agahato zikoreshwa n’abarwanyi. Aba ni nabo bacunga byinshi mu bigo bifungiyemo izi mpunzi.

Umuryango Amnesty International-uharanira uburenganzira bwa muntu ku isi ugaragaza ko amategeko y’ibihugu by’uburayi agamije guca burundu inzira ziva mu gihugu cya Libiya zerekeza i Burayi zikoreshwa n’impunzi zihunga mu buryo butemewe n’amategeko.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5868 Posts

Politiki

4119 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga