Kuri uyu wa gatandatu tariki 23 ukuboza 2017 umusore n’inkumi biteguraga gushyingirwa mu rusengero rwa ADEPR ku Muhima, ubukwe bwapfuye. Inkuru mbi yageze ku musore ko umukobwa yahanuriwe n’abarokore agahitamo kumucika. Ubukwe bw’umusore n’inkumi...
Read More
Amerika yatewe umugongo n’ibihugu yashakaga gutera ubwoba ngo biyishyigikire
Mu matora yo kwemeza niba Yerusalemu ikwiye kuba umurwa mukuru wa Isiraheli, mu nama rusange y’umuryango w’abibumbye-ONU yateranye kuri uyu wa kane tariki 21 ukuboza 2017, ibihugu 128 byateye utwatsi icyifuzo cya Amerika cyasaga n’iterabwoba...
Read More
Musanze: Abakozi b’ikigo kigenga gicunga umutekano ISCO bakanguriwe kunoza imikorere
Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Musanze, yasabye abacunga umutekano bagera kuri 84 bakorera ikigo cyigenga gishinzwe gucunga umutekano cya ISCO kurushaho gukora kinyamwuga no gutanga serivisi nziza aho bakorera kandi bagafatanya n’izindi nzego...
Read More
Abantu bataramenyekana biraye mu bigori by’abaturage baravunagura, are zisaga 12
Ubuso bw’umurima wa Are zisaga 12 buhinzeho ibigori mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda ugana Bishenyi ahazwi nka Rwamushumba, abantu bataramenyekana mu ijoro rya tariki 13 Ukuboza 2017 biraye muri ibi bigori...
Read More
Kamonyi: Ruyenzi Volleyball Club yatangije igikorwa cy’Amateka muri uyu mukino
Ikipe y’umukino w’Intoki( Volleyball Club) ya Ruyenzi, yatangije amarushanwa azajya aba buri mwaka nk’uko babitangaje, irushanwa ritangiza iki gikorwa ryabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 16 ukuboza 2017, ryitabiriwe n’amakipe 5 ahanini y’abakanyujijeho muri uyu...
Read More
Umuhanzi Ama-G The Black yasezeranye imbere y’Amategeko, reba amwe mu mafoto utabona ahandi
Umuhanzi akaba n’umuririmbyi Hakizimana Hamani uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka Ama-G The Black, yakoze ubukwe asezerana imbere y’amategeko mu murenge wa Runda Tariki 15 Ukuboza 2017, yasezeranye kubana akaramata n’umukobwa witwa Uwase Mafubo Liliane....
Read More
Rubavu na Rusizi, Hafatiwe abasore 2 bakwirakwiza amafaranga y’amiganano
Abasore 2 aribo Sadi Muhamedi na Tuyishime Pascal bari mu maboko ya Polisi mu turere twa Rubavu na Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba, bakaba bakurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara...
Read More
Itangazamakuru ryo mu Rwanda rigomba gushingira ku “Abanditsi-Editors” bashoboye-Pax Press
Umuryango w’Abanyamakuru baharanira Amahoro-Pax Press, ufatanije na zimwe mu nzego zireberera itangazamakuru, kuri uyu wa gatanu tariki 15 ukuboza 2017 baganiriye na bamwe mu bayobozi b’ibitangazamakuru, abanditsi bakuru-Editors ku kunoza umwuga bakora. Bahurije ko gukomera...
Read More
Umuhanzi Ama-G The Black mu buryo bwemewe n’Amategeko yarongoye
Umuhanzi Hakizimana Haman uzwi ku mazina ya Ama-G The Black, ku buryo bw’amategeko yasezeranye ku mugaragaro ko agiye kuba umugabo wa Uwase Mafubo Liliane. Ni mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi byabereye...
Read More
Polisi irizeza umutekano usesuye mu mpera z’umwaka ifatanije n’Abaturage
Polisi y’u Rwanda irizeza Abaturarwanda ko hazakomeza kubaho umutekano mu gihugu hose mu gihe cy’iminsi mikuru yo kwizihiza Noheri n’Ubunani kandi igasaba abaturage kubyizihiza birinda gukora ibyaha. Ibi byatangajwe mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyabereye ku...
Read More