• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Ba Ofisiye 1015 muri Polisi y’u Rwanda bazamuwe mu ntera

Umwanditsi
January 12, 2018

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera aba Ofisiye 1015 muri Polisi y’u Rwanda. Muri aba harimo abapolisi 10 bakuwe ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police(ACP) bagirwa ba Commissioner of Police(CP).

Mu itangazo dukesha Polisi y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yazamuye mu ntera aba Ofisiye ba Polisi y ‘u Rwanda 1015 mu buryo bukurikira: 

a. Assistant Commissioner of Police (ACP) bazamuwe kw’ipeti rya Commissioner of Police (CP) – 10

(1)  ACP Faustin Ntirushwa

(2) ACP Theos Badege

(3) ACP Jean Marie Twagirayezu

(4) ACP Rogers Rutikanga

(5) ACP William Kayitare

(6) ACP Denis Basabose

(7) ACP Vincent Sano

(8) ACP Robert Niyonshuti

(9) ACP Egide Ruzigamanzi

(10) ACP Rafiki Mujiji

b. Chief Superintendent of Police (CSP) bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP) – 31

c. Senior Superintendent of Police (SSP) bazamuwe kw’ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP) – 18

d. Superintendent of Police (SP) bazamuwe kw’ipeti rya Senior Superintendent of Police (SSP) – 43

e. Chief Inspector of Police (CIP) bazamuwe kw’ipeti rya Superintendent (SP) – 110

f. Inspector of Police (IP) bazamuwe kw’ipeti rya Chief Inspector of Police (CIP) – 403

g. Chief Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Chief Inspector (CIP) – 01

h. Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Chief Inspector (CIP) – 02

i. Assistant Inspector of Police (AIP) bazamuwe kw’ipeti rya Inspector (IP) – 391

j. Chief Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) – 02

k. Senior Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) – 01

l. Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) – 03

Uretse abapolisi b’aba Ofisiye 1015 bazamuwe mu ntera, Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yashyize kandi Abandi ba Ofisiye ba polisi 111 mu kiruhuko cy’izabukuru mu buryo bukurikira:

a. Assistant Commissioner of Police (ACP) – 02

b. Chief Superintendent of Police (CSP) – 04

c. Senior Superintendent of Police (SSP) – 06

d. Superintendent of Police (SP) – 17

e. Chief Inspector of Police (CIP) – 19

f. Inspector of Police (IP) – 62

g. Assistant Inspector of Police (AIP) – 01

Ubuyobozi bwa Polisi y”u Rwanda bwifurije abazamuwe mu ntera imirimo myiza, bwashimiye kandi na none abagiye muzabukuru umurava n’ubwitange bagaragaje mu kazi.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga