• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
19/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
19/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage
19/08/25
Kamonyi-Rugalika: Abasoje amasomo muri Gifts Rwanda bahawe igishoro kibafasha kwihangira umurimo

Kamonyi: Ikirombe cy’amabuye y’agaciro cyahitanye ubuzima bw’umuntu

Umwanditsi
March 10, 2018

Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko wo mu Murenge wa Kayenzi yapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro kuri uyu wa 9 Werurwe 2018 ku gicamunsi. Bivugwa ko yanyereye akagwa ariko kandi ngo akaba yari yananyoye inzoga.

Giraneza Didace w’imyaka 27 y’amavuko, ku gicamunsi cya tariki 9 Werurwe 2018 ku i saa kumi n’iminota 40 yanyereye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro giherereye mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Cubi ho mu murenge wa Kayenzi ahita apfa.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kayenzi, Mandera innocent yahamirije intyoza.com iby’urupfu rwa nyakwigendera. Avuga ko yaguye muri iki kirombe ubwo ngo yajyaga gucunga ko nta bahebyi( Abajura b’amabuye y’agaciro) bari mu ndaki ye.

Nyakwigendera Giraneza, yari umukozi wa Kampuni(Cooperative) icukura amabuye y’agaciro yitwa COEMIKA. Yashyinguwe kuri uyu wa gatandatu tariki 10 Werurwe 2018 nkuko ubuyobozi bw’umurenge wa Kayenzi bwabitangaje. Umuryango wa Giraneza Didace wari utuye mu Mudugudu wabereyemo iyi mpanuka yamuviriyemo gupfa.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5846 Posts

Politiki

4097 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1004 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga