• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
13/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
13/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
13/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Perezida Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa ngo yatawe muri yombi na Polisi y’Ubufaransa

Umwanditsi
March 20, 2018

Polisi y’Ubufaransa yataye muri yombi Nicolas Sarkozy wahoze ayoboye Igihugu cy’Ubufaransa. Arasabwa gusobanura amafaranga bivugwa ko yakiriye mu mwaka wa 2007 mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa. Aya mafaranga ngo yayahawe na Kaddafi wayoboraga Libiya. Ubu Sarkozy ngo afungishijwe ijisho.

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy yahamagajwe na Polisi y’Ubufaransa. Arakorwaho iperereza ku mpamvu zo gukekwaho kwakira amafaranga mu buryo butemewe n’amategeko mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa muri 2007.

Ibikurikiranywe kuri uyu wahoze ari umukuru w’Igihugu cy’ubufaransa, Sarkozy bishingiye ku mafaranga bivugwa ko yahawe na Perezida Muammar Kaddafi wahoze ari umukuru w’igihugu cya Libiya. Ibi birego Sarkozy ngo arabihakana.

Nkuko AFP dukesha iyi nkuru ibivuga, Sarkozy yafashwe na Polisi y’ubufaransa kuri uyu wa kabiri mugitondo tariki 20 Werurwe 2018. Ikibazo cya Sarkozy no kwakira inkunga ivugwa ko yatanzwe na Muammar Kaddafi cyatangiye kuvugwa cyane mu mwaka wa 2013 ndetse ubutabera bw’ubufaransa butangira kugikoraho iperereza ryimbitse.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga