Ikibazo cyo kudahembwa kwa mwarimu kugera n’aho amezi yihirika kumwe ku kavaho ukundi ni uko, cyafatiwe ingamba zikarishye niba zizubahirizwa. Umukozi cyangwa umuyobozi mu Karere ngo ntazongera guhembwa mwarimu atarahembwa nk’uko Guverineri w’Intara y’Amajyepfo...
Read More
Kamonyi: Abarimu mu kaga, Amezi ashize ari abiri batazi umushahara, ukwagatatu kuri munzira
Abarimu mu Karere ka Kamonyi amezi yihiritse ari abiri batazi ikitwa umushahara. Bavuga ko ubuzima bwa mwarimu udahembwa kandi akora bumushyira mu kaga ndetse kikaba ikibazo ku ireme ry’uburezi. Akarere kavuga ko ikibazo kitakareba, ko...
Read More