• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Kamonyi: Umuyobozi w’Ikigo cy’ishuri uzwi ku izina rya Mudidi yahagaritse akazi

Umwanditsi
May 1, 2018

Bizimana Emmanuel(Mudidi) yandikiye umuyobozi w’Akarere amumenyesha ko ahagaritse akazi by’agateganyo. Mudidi, azwi cyane mu kigo cy’ishuri cya Remera-Rukoma aho yamaze imyaka isaga 15 akahakurwa ajyanwa mu rwunge rwamashuri rwa Gatizo.

Bizimana Emmanuel, abatari bake bamuzi cyane ku izina rya Mudidi. Mu ibaruwa ye yo kuwa 24 Mata 2018 intyoza.com ifitiye kopi, yandikiye umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi amumenyesha ko ahagaritse akazi by’agateganyo ku mpamvu z’uko arwaye umugongo, umumereye nabi bityo ngo akaba agomba kujya kuwivuza.

Dore uko urwandiko Mudidi yanditse ruteye:

Bizimana Emmanuel (Mudidi), yajyanywe kuyobora urwunge rw’amashuri rwa Gatizo akuwe mu kigo cy’ishuri ryisumbuye rya Remera-Rukoma, bitegetswe na Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro.

Minisitiri Rwamukwaya, yategetse ko Mudidi akurwa mu kigo cya Remera-Rukoma tariki 16 Gashyantare 2018 ubwo yasozaga igikorwa cya MINEDUC cyanyuze mu bigo by’amashuri bitari bike mu karere hagenderewe ubukangurambaga ku ireme ry’Uburezi. Mubyo Mudidi yazize harimo umwanda ukabije wabonywe aho abana b’abahungu bararaga ndetse no mukigo imbere.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga