• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/05/26
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi abagabo bane bakekwaho ubujura
20/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Minisitiri Dr. Bizimana yibukije abahakana n’Abapfobya Jenoside ko ukuri kw’aya mateka kutazacecekwa 
20/05/26
Kamonyi-EPR/Compassion: Imiryango 15 itishoboye yahinduriwe imibereho igabirwa Inka
20/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Abantu nka Mukangango nti bazongera kubona umwanya n’ijambo muri iki gihugu cyacu-Visi Meya Uzziel

Kamonyi-Karama: Umubyeyi yataye uruhinja mu musarane Imana irukingira ukuboko

Umwanditsi
July 4, 2018

Ahagana I saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wa tariki 3 Nyakanga 2018 mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Bitare ho mu Murenge wa Karama, umubyeyi yataye uruhinja mu musarane. Uyu mubyeyi yafashwe n’abaturage n’ubuyobozi, uruhinja rukurwa mu musarane ari ruzima.

Nyuma y’uko uru ruhinja rukuwe mu musarane rukiri ruzima ku mugoroba w’uyu wa kabiri tariki 3 Nyakanga 2018 ahagana ku isa kumi n’ebyiri, rwo na nyina bahise bajyanwa kwa muganga byihuse kugira ngo yaba uru ruhinja yaba na nyina bitabweho.

Uyu mubyeyi ubwo yabazwaga n’umunyamakuru w’intyoza.com icyamuteye gushaka kwihekura uwo yari yibarutse, yasubije ati” Ntabwo nari mfite gahunda yo kumuta mu musarane, nagiye muri wese agwamo, inda nari nayiriweho uretse ko ntari nzi ko ndi bubyare uyu munsi, ibyabaye si nabishakaga nanjye byantunguye.”

Nsengiyumva Celestin, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karama yabwiye intyoza.com ati” Amakuru amaze kumenyekana, ubuyobozi bw’Umudugudu buri kumwe n’abaturage bahise bakura umwana muri tuwareti byihuse ku gira ngo atagira ikibazo.”

Akomeza ati” Umwana yakuwemo ari muzima duhita tumwirukankana ku bitaro bya Remera-Rukoma, twamazeyo igihe kinini kugira ngo tumenye ko umwana ameze neza, abanganga batubwiye ko nta kibazo ku mwana.”

Mu gihe uruhinja rwakuwe mu musarane rwajyanwaga kwa muganga, barujyananye na nyira warubyaye kugira ngo nawe yitabweho. Ubuyobozi bw’Umurenge wa Karama bwatangarije intyoza.com kandi ko uyu mubyeyi nubwo ari kwitabwaho n’abaganga, Polisi nayo ngo imucungiye hafi kugira ngo namara kwitabwaho ashyikirizwe amategeko.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5967 Posts

Politiki

4215 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1052 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga