• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
20/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
20/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
20/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Kizito Mihigo n’Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire utavuga rumwe na Leta basohotse muri Gereza ya Mageragere

Umwanditsi
September 15, 2018

Umuhanzi akaba n’umuririmbyi, Kizito Mihigo na Ingabire Umuhoza Victoire bari bamaze igihe muri Gereza bamaze kuyisohokamo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nzeli 2018. Impuhwe n’imbabazi za Perezida Paul Kagame nibyo bibakuye mu Gihome.

Kizito Mihigo, warekuwe none ku bw’impuhwe n’imbabazi z’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yari amaze muri Gereza igihe cy’imyaka isaga ine kuko tariki ya 14 Mata 2014 aribwo Polisi y’u Rwanda yari yatanze itangazo ryavugaga ko imufite mu gihe hari hashize iminsi abantu bibaza aho yagiye, Yarafashwe ashyiirizwa ubutabera akatirwa imyaka 10 y’Igifungo.

 

 

Kuri Ingabire Umuhoza Victoire, umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta, we yari amaze imyaka hafi umunani afunzwe kuko yatawe muri yombi mu kwezi kw’Ukwakira 2010, ashyikirizwa ubutabera bumukatira imyaka 15 y’Igifungo.

Ingabire Victoire Umuhoza mu myenda y’icyatsi n’umutuku asohotse Gereza ya Mageragere.

 

Kizito na Ingabire batashye.

Aba bombi, barekuwe ku mpuhwe n’imbabazi bahawe n’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame. Bari mu itsinda ry’abagororwa 2140 bahawe izi mbabazi nyuma y’itangazo ryasohotse mu nama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nzeli 2018 mu Rugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga