• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Kamonyi: Abahoze mu buyobozi bw’Akarere baminurije amasomo muri kaminuza nkuru y’u Rwanda

Umwanditsi
November 2, 2018

Uko bakurikiranye mu kuyobora Akarere ka Kamonyi, yaba Rutsinga Jacques, Aimable Udahemuka ndetse na Claudine Uwineza wabaye umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, barangije amasomo yabo muri kaminuza nkuru y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki 2 Ugushyingo 2018.

Uko ari batatu; Rutsinga Jacques, Udahemuka Aimable na Claudine Uwineza, barangije amasomo yabo muri kaminuza nkuru y’u Rwanda, mu kiciro cya gatatu( Masters). Barangije mu mashami atandukanye bitewe n’amasomo buri wese yahisemo gukurikira.

Claudine Uwineza na Aimable Udahemuka mu ifoto y’urwibutso ubwo barangizaga amasomo yabo.

Rutsinga Jacques, yarangije ikiciro cya gatatu cya kaminuza( Masters) mu ishami Governance Studies, Udahemuka Aimable arangiza ikiciro cya gatatu cya kaminuza(Masters) mu ishami rya Peace Studies and Conflict Transformation, mu gihe Claudine Uwineza nawe arangije iki kiciro cya gatatu( Masters) mu ishami rya Governance Studies.

Uhereye ibumoso ni Aimable, hagakurikiraho Jacques..

Aba bahoze mu buyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, bose bari bahuriye muri College of Arts and Social Sciences (CASS). Promotion y’aba bayobozi yari yiganjemo abatari bake mu bahoze ari abayobozi b’uturere hirya no hino, ndetse n’abandi bayobozi batandukanye barangizanije none.

Jacques Rutsinga n’umufasha we, yishimira intambwe nziza y’umugabo we.

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga