Ibibazo birebana n’ubwiherero, amavunja, kurarana n’amatungo, imirire mibi n’ibindi birasaba ko inzego zose zisenyera umugozi umwe, aho kugira ngo habe abicara mu modoka nziza no mu biro ngo bake raporo batazi aho ziva. Kimwe...
Read More
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwitezweho uruhare mu kurwanya ibyaha byugarije umuryango nyarwanda
Urubyiruko rw’abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha bateraniye ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Bari mu mahugurwa y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018, akazarangira tariki 11 Ugushyingo. Aya...
Read More