Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Gashyantare 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’ u Rwanda ku Kacyiru habereye amahugurwa yitabiriwe n’abashinzwe gukurikirana uko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryubahirizwa muri Polisi y’u Rwanda (Gender Focal persons)...
Read More
Ikibazo cyo gutinda guhembwa kw’abarimu bakosora ibizamini bya Leta kiri kuvugutirwa umuti
Dr Irenée Ndayambaje, umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi mu Rwanda-REB, ahamya ko harimo gutegurwa uburyo bunoze buzakuraho inzitizi zatumaga mwarimu wakosoye ibizamini bya Leta atinda kubona amafaranga ye. Yabitangarije abanyamakuru kuri...
Read More
Gicumbi: Umugabo yafashwe apakiye mu modoka imifuka 8 ya zebra warage
Polisi mu karere ka Gicumbi, ku bufatanye n’abaturage yafashe umugabo witwa Mugambira Cedrick w’imyaka 30 y’amavuko apakiye mu modoka Toyota Corolla RAA 934 N imifuka 8 irimo amaduzene 320 y’inzoga zo mu bwoko bwa Zebra...
Read More
Kamonyi/Kagame Cup: Rukoma yanyagiye Ngamba mu yindi mirenge baresurana
Mu mikino y’igikombe kitiriwe “Umurenge Kagame Cup” yatangiye kuri uyu wa 17 Gashyantare 2019 mu mirenge yose igize Akarere ka Kamonyi, ikipe y’umurenge wa Rukoma mu bahungu yatsinze iy’Umurenge wa Ngamba 2 kuri 1...
Read More
Polisi n’abafatanyabikorwa bayo baravuga ko batazahwema kurwanya ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge
Guhera tariki 13 Gashyantare 2019 Polisi y’u Rwanda ku bufatanye na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB),Ikigo k’igihugu gishinzwe imisoro, ikigo gishinzwe gutsura ubuziranenge(RSB), Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere(RDB) ndetse n’ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibiribwa...
Read More
Kamonyi: King James yasusurukije abaje mu gikorwa cyo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina-Amafoto
Ubwo hatangizwaga igikorwa cy’ubukangurambaga ku kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu karere ka kamonyi tariki 13 Gashyantare 2019, umuhanzi Ruhumuriza James uzwi cyane nka King James akaba n’umuturage w’akarere ka kamonyi yasusurukije abitabiriye iki...
Read More
Kamonyi: Dr Jaribu arasobanura ibya Isange One Stop Center na Serivise ziyitangirwamo
Mu gikorwa cy’ubukangurambaga bugamije kurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyateguwe n’akarere ka kamonyi kuri uyu wa 13 Gashyantare 2019, umuyobozi w’Ibitaro bya Remera-Rukoma Dr Jaribu Theogene yasobanuye icyo Isange One Stop Center...
Read More
Kamonyi: Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryahagurukije ubuyobozi
Akarere ka kamonyi kuri uyu wa 13 Gashyantare 2019 kateguye igikorwa cy’ubukangurambaga bugamije kwamagana no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse n’irikorerwa mu muryango muri rusange. Igikorwa cyabereye mu Murenge wa Musambira kitabirwa n’abayobozi...
Read More
Ruhango: Polisi n’urubyiruko rw’abakorerabushake bubakiye abatishoboye uturima tw’igikoni
Urubyiruko rw’abakorerabushake (Youth Volunteers in Community Policing) mu karere ka Ruhango mu murenge wa Ruhango kubufatanye na Polisi ikorerera muri aka karere bakoze umuganda wo kubakira uturima tw’igikoni abatishoboye. Uyu muganda wabaye kuri uyu...
Read More
Gasabo: Umugore yafatanwe udupfunyika turenga 4000 tw’urumogi mu nzu
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gashyantare 2019 mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafashe umugore wari ubitse udupfunyika 4 100 tw’urumogi mu nzu ye....
Read More