Kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mata 2019, ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye igikorwa cyo gutanga amaraso cyateguwe na Polisi kubufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC). Ni igikorwa cya kozwe...
Read More
Karongi-Umuganda: Minisitiri Biruta yasabye ababyeyi kwipimisha batwite no kubyarira kwa muganga
Mu gikorwa cy’umuganda ngaruka kwezi wo kuri uyu wa 27 Mata 2019, Minisitiri w’ibidukikije n’ibikorwaremezo Vincent Biruta wakoranye umuganda n’abanyamutuntu, yibukije ababyeyi ko bakwiye kubahiriza gahunda yo kwipimisha mu gihe batwite kandi bagaharanira kubyarira...
Read More
Kamonyi: Menya amakuru utamenye kuri Theogene Mazimpaka wicanywe na Burugumesitiri Callixte Ndagijimana
Theogene Mazimpaka ni mwene Nduwayezu Jean na Clotilde Kamagaju. Yicanywe na Burugumesitiri Callixte Ndagijimana wayoboraga Komine Mugina azira kwanga ko Abatutsi bicwa. Amakuru ya Mazimpaka benshi bayavuga uko atari. Umwe wo mu Muryango we...
Read More
Sobanukirwa no kwizera icyo aricyo n’uko wakugeraho – Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana...
Read More
DUTERE INTAMBWE TWINJIRE MU MASEZERANO – Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye...
Read More
Perezida Kagame ntashyigikiye ko gutuka no gusebya umukuru w’Igihugu bijya mu byaha mpanabyaha
Itangazo rituruka muri Perezidansi ya Repubulika ryo kuwa 25 Mata 2019 rivuga ko Perezida Kagame adashyigikiye icyemezo urukiko rw’ikirenga rwafashe cyo kugumisha mu byaha mpanabyaha gutuka no gusebya umukuru w’Igihugu mu gihe kubandi bayobozi...
Read More
Karongi: Bibukijwe ko bafite inshingano yo gucunga umutekano w’aho bakorera
Abatwara abagenzi kuri moto ndetse n’abarobyi bakorera mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Karongi basabwe kumva ko umutekano w’aho bakorera ubareba bityo bakwiye kurushaho gukorana n’inzego zitandukanye hagamijwe kurushaho kubahiriza amategeko no gukumira icyahungabanya...
Read More
Rwamagana: Ibiyobyabwenge bifite agaciro k’amafaranga asaga Miliyoni 2 byamenewe mu ruhame
Ibiyobyabwenge nibyo biza ku isonga mu byaha bihungabanya umutekano w’abaturage. Polisi y’u Rwanda ikaba yarahagurukiye kubirwanya kugirango umuturage w’u Rwanda abeho afite ubuzima bwiza kandi afite umutekano usesuye. Ibi ni ibyagarutsweho kuri uyu wa...
Read More
Kamonyi: Kuba twararokotse ntabwo imibiri y’abacu ikwiye kuba icyandagaye hirya no hino-Ibuka Mugina
Perezida w’umuryango Ibuka mu Murenge wa Mugina muri iri joro rya tariki 25 Mata 2019 mu gitaramo cy’ijoro ryo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yasabye akomeje ko uwaba wese azi ahari umubiri w’abishwe ko yatanga...
Read More
Kamonyi/Mugina: Urugendo rwo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi rwagarukiye ahatwikiwe abasaga 200
Ku i saa kumi n’iminota 30 z’umugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 25 Mata 2019 nibwo Abanyamugina batangiye urugendo rwo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bahuriye n’Abanyamuyaga ahitwa...
Read More