• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Nyura ishyamba rya Nyungwe ubone ibitera, ujye I Bukunzi ubone ishyamba rya Cyamudongo

Umwanditsi
May 14, 2019

Umunyamakuru wa intyoza.com kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gicurasi 2019 yanyuze mu ishyamba rya Nyungwe abona inyamaswa zitwa ibitera. Mbere yaho gato yageze ku marembo y’injira ishyamba rya Cyamudongo ahazwi nk’I Bukunzi mu mateka. Reka tugusangize aya mafoto.

Ishyamba rya Ngungwe uturutse umuhanda uva Rusizi cyangwa nyamasheke uryinjirira mu Gisakura ugatera umugongo imirima y’icyayi ugatangirana akayaga kavanzemo ubukonje mwimerere bw’iri shyamba.

Kuva mu Gisakura winjira Nyungwe.

Muri iri shyamba, ugenda isaha yose mu modoka, byagorana ndetse biragoye ko urigera igati cyangwa ukarivamo utabonye inyamaswa zizwi nk’ibitera ku muhanda cyangwa se mu biti by’iri shyamba biri ku muhanda wa kaburimbo.

Iyo uhagaze kubera ko bimenyereye abantu biza bigusanga ndetse bikava ku maguru n’amaboko yabyo bigahagarara. Dore amwe mu mafoto yabyo umunyamakuru wa intyoza.com yabashije gufata ndetse n’ubwinjiriro bw’ishyamba rya Cyamudongo nk’igice cya Nyungwe.

Aha Cyamudongo, hazwi mu mateka ndetse hafite amateka akomeye ( hazwi nk’igicumbi cy’abavubyi mu mateka), benshi bahazi nka Bukunzi ndetse hakinwe mu ikinamico benshi bazi nk’iya Uwera.

Amafoto :

Ubwinjiriro bw’ishyamba rya Cyamudongo mu Murenge wa Nkungu.

 

Injira Cyamudongo ya Bukunzi ahazwi nk’igicumbi cy’abavubyi.

 

Ibitera mu ishyamba rya kimeza rya Nyungwe.

 

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga