• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/06/26
Kamonyi-EXPO: Abaturage barakangurirwa kugera ahabera Imurikabikorwa n’Imurikagurisha/EXPO
20/06/26
Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kumenya amateka y’u Rwanda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha
20/06/26
Kamonyi-Gacurabwenge: Umurambo w’umusaza w’imyaka 67 wasanzwe mu cyumba araramo
20/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Kwibuka imiryango yazimye ni ukuyisubiza agaciro cyane ko nta wundi bafite ubibakorera-Guverineri Kayitesi

Nyura ishyamba rya Nyungwe ubone ibitera, ujye I Bukunzi ubone ishyamba rya Cyamudongo

Umwanditsi
May 14, 2019

Umunyamakuru wa intyoza.com kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gicurasi 2019 yanyuze mu ishyamba rya Nyungwe abona inyamaswa zitwa ibitera. Mbere yaho gato yageze ku marembo y’injira ishyamba rya Cyamudongo ahazwi nk’I Bukunzi mu mateka. Reka tugusangize aya mafoto.

Ishyamba rya Ngungwe uturutse umuhanda uva Rusizi cyangwa nyamasheke uryinjirira mu Gisakura ugatera umugongo imirima y’icyayi ugatangirana akayaga kavanzemo ubukonje mwimerere bw’iri shyamba.

Kuva mu Gisakura winjira Nyungwe.

Muri iri shyamba, ugenda isaha yose mu modoka, byagorana ndetse biragoye ko urigera igati cyangwa ukarivamo utabonye inyamaswa zizwi nk’ibitera ku muhanda cyangwa se mu biti by’iri shyamba biri ku muhanda wa kaburimbo.

Iyo uhagaze kubera ko bimenyereye abantu biza bigusanga ndetse bikava ku maguru n’amaboko yabyo bigahagarara. Dore amwe mu mafoto yabyo umunyamakuru wa intyoza.com yabashije gufata ndetse n’ubwinjiriro bw’ishyamba rya Cyamudongo nk’igice cya Nyungwe.

Aha Cyamudongo, hazwi mu mateka ndetse hafite amateka akomeye ( hazwi nk’igicumbi cy’abavubyi mu mateka), benshi bahazi nka Bukunzi ndetse hakinwe mu ikinamico benshi bazi nk’iya Uwera.

Amafoto :

Ubwinjiriro bw’ishyamba rya Cyamudongo mu Murenge wa Nkungu.

 

Injira Cyamudongo ya Bukunzi ahazwi nk’igicumbi cy’abavubyi.

 

Ibitera mu ishyamba rya kimeza rya Nyungwe.

 

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5985 Posts

Politiki

4232 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1058 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga