Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Uko umunyamaguru agomba kwambuka umuhanda
Ni kenshi Polisi y’u Rwanda yigisha abanyamaguru uko bakwiye kwambuka umuhanda, ibibutsa ko kwambuka umuhanda bikorerwa ahagenewe kwambukira abanyamaguru babanje kureba hirya no hino ko nta kinyabiziga cyabasatiriye, bakambuka bihuta kandi bakirinda kwambuka bavugira kuri...
Read More
SOBANUKIRWA IBINTU BY’ INGENZI BYAGUKOMEZA MU BYO UHURA NABYO ( igice 3)- Rev. / Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Kamonyi: Ubukangurambaga bwa MINEDUC bwatumye abasaga 1300 bagaruka ku ishuri
Kayitesi Alice, umuyobozi w’Akarere ka kamonyi kuri uyu wa 27 Gicurasi 2019 yabwiye itsinda rya Minisiteri y’Uburezi-MINEDUC n’abafatanyabikorwa bayo baje ku nshuro ya 5 mu bukangurambaga ku guteza imbere ireme ry’uburezi ko iki gikorwa...
Read More
Kamonyi/Urugerero: Minisitiri Ndagijimana Uzziel yamurikiwe ibimaze gukorwa n’iby’itezwe
Minisitiri Ndagijimana uzziel wa MINECOFIN ari kumwe na Mbabazi Rosemary, Minisitiri w’urubyiruko kuri uyu wa 25 Gicurasi 2019 basuye urugerero ruciye ingando mu Murenge wa kayenzi. Bamurikiwe ibimaze gukorwa n’ibiteganijwe, baboneraho gutangiza ku...
Read More
Kamonyi / Kwibuka 25: Ijambo “ Humura bambe” ryagaruriye ubuzima uwahigwaga muri Jenoside
Nkunduwimye Alexandre, umuturage w’Umurenge wa Musambira kuri uyu wa 25 Gicurasi 2019 yabwiye abitabiriye kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 ko ubwo urupfu rwari rumusatiriye yirukwaho n’imbwa n’amafirimbi yahuye n’umusirikare w’Inkotanyi...
Read More
Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bizagukomeza mu byo uhura nabyo(igice2) – Rev. / Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Bidasubirwaho, Rayon Sports yegukanye igikombe cya Shampiyona 2018-2019 itararangira
Ikipe y’umupira w’amaguru mu kiciro cya mbere mu Rwanda, Rayon Sports FC kuri uyu wa 24 Gicurasi 2019 mu mukino wayihuje na Kirehe FC mu burasirazuba, yahavanye intsinzi y’amanota atatu yayihesheje bidasubirwaho gutwara igikombe cya...
Read More
Theresa May, yatangaje itariki azeguriraho kuba Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza
Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza akaba ari nawe muyobozi w’ishyaka ry’abagendera ku mahame ya cyera( Conservative Party), kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Gicurasi 2019 yatangarije ko tariki 7 Kamena 2019 azegura ku buyobozi amazeho...
Read More
SOBANUKIRWA IBINTU BY’ INGENZI BIZAGUKOMEZA MU BYO UHURA NABYO – Rev. / Ev. Ev Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More