Kayitesi Alice, Umuyobozi w’Akarere ka kamonyi ubwo kuri uyu wa 09 Nyakanga 2019 yashyikirizaga ibihembo Imidugudu n’Utugari bakoze neza kurusha abandi mu muhigo wa Mituweli y’umwaka wa 2018-2019, yavuze ko hari Abaturage 12% mu...
Read More
Ni wita izina ibihe urimo cyangwa ikintu utegereje guhabwa bizakongerera ukwizera-Rev./Ev.Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Musanze: Inzego z’umutekano zasabwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Mu rwego rwo kurikumira no kurirwanya Polisi y’u Rwanda ibinyujije mu kigo gishinzwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Kigali ku kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icuruzwa ry’abantu muri Afurika, kuri uyu wa 09 Nyakanga...
Read More
Polisi y’u Rwanda ikomeje guhugura abakozi bo mu bigo byigenga bicunga umutekano
Ibi n’ibyagarutsweho kuri uyu wa 09 Nyakanga 2019, ubwo mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge hatangizwaga amahugurwa y’iminsi ine ku bakozi 33 bahagarariye abandi muri kompanyi ishinzwe gucunga umutekano ya DICEL, agamije...
Read More