• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
22/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
22/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
22/10/25
Ibiceri 200 gusa byamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni na magana atatu muri FORTEBET
22/10/25
Kamonyi-Mugina: Inteko rusange y’abahoze ari Abarobyi bakaza guhinduka abahinzi b’Umuceri yasojwe habura Ingumi

Ni wita izina ibihe urimo cyangwa ikintu utegereje guhabwa bizakongerera ukwizera-Rev./Ev.Eustache Nibintije

Umwanditsi
July 10, 2019

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho igira iti ” Ni wita izina ibihe urimo cyangwa ikintu utegereje guhabwa bizakongerera ukwizera”. 

Abagalatiya 6:9

“Twe gucogorera mu gukora neza kuko igihe ni gisohora tuzasarura nitutagwa isari”

Birashoboka ko waba ufite ibibazo, bitewe ni uko Satani atakwifuriza amahoro kandi ukaba waragerageje gusenga, kandi nkuko ijambo ry’ Imana ridusezeranya ko Imana yacu igihe cyose iba yiteguye kudutabara.

Uyu munsi wa none nkuzaniye inkuru y’ubutumwa bukubwira ko wagombye kwita ibyo bihe urimo Izina.

Nkuko bisanzwe muri iri terambere urabizi ko mbere yuko umwana avuka uba warateguye izina uzamwita. Nanjye, ndifuza ko nakwita ibihe urimo izina, ariyo mpamvu nkuzaniye akazina keza nifuje kwita ibyo bihe kitwa urimo ” “TEGEREZA  WIHANGANYE”

Ushobora kumbaza uti “kubera ki ari ryo wahisemo?”

Nyemerera nisobanure!, Ubusanzwe iyo dutegereje ibisubizo by’ Imana hari igihe bisaba umwanya ariko nabwo utarambiranye cyane…. kandi urabizi ko Iyo Imana itanze ikintu itanga ikintu “ORGINAl-cy’umwimerere” atari ikintu “FAKE-Pilate”.

Kubera iyo mpamvu rero bifata akanya mu ruganda kugira ngo icyo gisohoke ari ikintu gikomeye kandi kizamara igihe kirekire ku buryo n’ ubuvivi bwawe buzakibona maze nabo bakamenya imbaraga, kugira neza, Urukundo by’ Imana  wizeye.

Kandi wibuke ko, ibitangaza byinshi bihagararirwa buri gihe n’ ikibuye kitwa “KUTIHANGANA”. Bityo rero biragusaba GUTEGEREZA WIHANGANE kuko nizera ko igihe gisigaye kitangana n’igishize.

Imana iguhe umugisha…!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)

estachenib@yahoo.com

+14123265034 WhatsApp

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5896 Posts

Politiki

4147 Posts

Ubuhinzi

149 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

149 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga