• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/11/25
Ipari yakoze ku bikubo ku mukino wose ndetse n’Ibitego byamuhesheje akayabo ka 1,531,607Frws
04/11/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi Itsinda ry’Abantu 5 barimo Umugore bakekwaho ubugizi bwa nabi
04/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
04/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

Urwego rw’Umuvunyi rwataye muri yombi abakozi 2 bo muri serivise z’Ubuzima

Umwanditsi
July 26, 2019

Mu itangazo urwego rw’umuvunyi rwashyize ahagaragara kuri uyu wa 25 Nyakanga 2019, rutangaza ko abakozi babiri bakora muri Serivise z’ubuzima aribo Bigirimana Jean Damascène bakunze kwita Ngamba ( wari umuyobozi wungirije ushinzwe kwandika) muri Allied Health Professionas Council (RAHPC) ubu akora mu bitaro bya Kaduha hamwe na Bayavuge Espérance Laborantine mu kigo nderabuzima cya Janja ho mu Karere ka Gakenke bafunzwe n’uru rwego.

Nkuko itangazo ry’urwego rw’umuvunyi ribivuba, uyu Bigirima akurikiranweho icyaha cyo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane cyangwa icyenewabo ndetse n’icyaha cyo gusaba no kwakira impano cyangwa indonke ngo hakorwe ikinyuranyije n’amategeko cyangwa ntihakorwe icyagombye gukorwa.

Bayavuge, akurikiranweho icyaha cyo gutanga impano kugira ngo hakorwe ibinyuranyije n’amategeko. Bayavuge Espérance ni Laborantine mu Kigo Nderabuzima cya Janja mu Karere ka Gakenke.

Ibi byaha byose bakekwaho, biramutse bigize uwo bihama muri aba uko ari babiri nta wahanishwa igifungo kiri munsi y’imyaka itanu ariko kandi nta n’ikirenza imyaka 7. Hiyongeraho n’ihazabu igenwa mu bwikube bw’inshuro kuva kuri 3 kugera kuri 5 bishingiye ku indonke yatse cyangwa yakiriye nkuko bigenwa n’itegeko dusanga hasi mu itangazo ry’urwego rw’umuvunyi.

Soma byinshi ku mvo n’imvano y’itabwa muri yombi ry’aba bakozi babiri muri iri tangazo ry’urwego rw’umuvunyi:

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5904 Posts

Politiki

4155 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1027 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

152 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga