• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
01/07/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Urwego rw’Umuvunyi rwataye muri yombi abakozi 2 bo muri serivise z’Ubuzima

Umwanditsi
July 26, 2019

Mu itangazo urwego rw’umuvunyi rwashyize ahagaragara kuri uyu wa 25 Nyakanga 2019, rutangaza ko abakozi babiri bakora muri Serivise z’ubuzima aribo Bigirimana Jean Damascène bakunze kwita Ngamba ( wari umuyobozi wungirije ushinzwe kwandika) muri Allied Health Professionas Council (RAHPC) ubu akora mu bitaro bya Kaduha hamwe na Bayavuge Espérance Laborantine mu kigo nderabuzima cya Janja ho mu Karere ka Gakenke bafunzwe n’uru rwego.

Nkuko itangazo ry’urwego rw’umuvunyi ribivuba, uyu Bigirima akurikiranweho icyaha cyo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane cyangwa icyenewabo ndetse n’icyaha cyo gusaba no kwakira impano cyangwa indonke ngo hakorwe ikinyuranyije n’amategeko cyangwa ntihakorwe icyagombye gukorwa.

Bayavuge, akurikiranweho icyaha cyo gutanga impano kugira ngo hakorwe ibinyuranyije n’amategeko. Bayavuge Espérance ni Laborantine mu Kigo Nderabuzima cya Janja mu Karere ka Gakenke.

Ibi byaha byose bakekwaho, biramutse bigize uwo bihama muri aba uko ari babiri nta wahanishwa igifungo kiri munsi y’imyaka itanu ariko kandi nta n’ikirenza imyaka 7. Hiyongeraho n’ihazabu igenwa mu bwikube bw’inshuro kuva kuri 3 kugera kuri 5 bishingiye ku indonke yatse cyangwa yakiriye nkuko bigenwa n’itegeko dusanga hasi mu itangazo ry’urwego rw’umuvunyi.

Soma byinshi ku mvo n’imvano y’itabwa muri yombi ry’aba bakozi babiri muri iri tangazo ry’urwego rw’umuvunyi:

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga