Ibiro by’Umurenge wa Nyakabanda mu gihe bitaramara imyaka igera muri itanu bikorerwamo, bimwe mu bice bitandukanye by’iyi nyubako byatangiye kwangirika. Abagana uyu Murenge bashaka Serivise zitandukanye bahangayikishijwe no kwangirika kw’inyubako aho bamwe badatinya kuvuga...
Read More
Polisi y’u Rwanda yasoje ibikorwa byo kubungabunga amahoro yakoreraga mu gihugu cya Haiti
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 4 Kanama 2019, ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe hageze itsinda ry’abapolisi 140 bavuye mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti (MINUSTAH) bazanywe n’indege...
Read More