• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Umuryango wa Nyakwigendera Robert Mugabe wanze gahunda ya Leta ya Zimbabwe yo kumushyingura

Umwanditsi
September 12, 2019

Abagize umuryango wa Robert Mugabe wabaye Perezida wa Zimbabwe imyaka isaga 30 banze gahunda yashyizweho na Leta y’iki gihugu mu kumushyingura. Bavuga ko bababajwe n’uko batagishijwe inama kuri gahunda zo kumushyingura.

Umuryango wa Nyakwigendera Robert Mugabe, uvuga ko imihango yo kumushyingura izatangira  ku cyumweru nijoro mu cyaro cyo ku ivuko ahitwa Kutama, kandi agashyingurwa mu mihango yihariye y’umuryango.

Ibiro ntaramakuru bya AFP, byavuze mu mvugo yakoreshejwe na Mwishywa we witwa Leo Mugabe aho yagize ati “ Umurambo we uzasezerwaho ku cyumweru nijoro I Kutama…, hakurikireho umuhango wihariye wo kumushyingura – nko kuwa mbere cyangwa ku wa Kabiri – nta byo kumushyingura mu irimbi ry’Igihugu ry’Intwari. Icyo ni cyo cyemezo cy’abagize umuryango bose.

Isanduku irimo umurambo wa Robert Mugabe mu rugo rwe i Harare.

Mugabe, yapfuye ku wa Gatanu w’icyumweru gishize afite imyaka 95. Hari Tariki 06 Nzeli 2019 aho yaguye mu bitaro byo mu gihugu cya Singapuru yari amaze amezi yivuriza. Ubwo yapfaga, Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe yavuze ko ari Intwari y’Igihugu akwiye gushyingurwa mu irimbi ry’Intwari. Ibi umuryango wa Mugabe wabyanze.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga