• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
30/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
30/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
30/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi

Ruhango: Nzigiyimana Donatien yatawe muri yombi na RIB akekwaho kwiyitirira uru rwego no kwambura abaturage

Umwanditsi
September 17, 2019

Umugabo witwa Nzigiyimana Donatien, yatawe muri yombi n’urwego rw’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda-RIB aho bumukurikiranyeho ibyaha birimo kwiha ububasha ku mirimo itari iye, yiyita umukozi w’uru rwego akambura abaturage utwabo abakangisha kubafunga.

Mu butumwa, urwego rw’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda-RIB rwanyujije kuri Twitter yarwo kuri uyu wa 16 Nzeli 2019 ruvuga rwataye muri yombi uwitwa Nzigiyimana Donatien, aho afungiye kuri Sitasiyo ya Runango akurikiranyweho ibyaha akekwaho byo kwiyitirira umukozi wa RIB akambura abaturage abakangisha kubafunga.

Mu butumwa bwayo, RIB yashimiye abaturage uburyo bajijukiwe no gutanga amakuru atuma abakekwaho gukora ibyaha bitandukanye bafatwa. Irihanangiriza kandi abiyitirira imirimo badakora, ikavuga ko batazihanganirwa.

Amakuru intyoza.com ifite ni uko uyu mugabo ngo yigeze kuba mu Karere ka Kamonyi ari umutoza w’indirimbo muri imwe muri Kolari yabarizwaga muri Santarari ya Ruyenzi(Ubu yabaye Paruwasi). Mu bihe bye muri iyi Korari yavuzweho kugirana umubano wihariye na bamwe mu bagore n’abakobwa bigeza aho yirukanwa burundu muri Paruwasi Ruyenzi.

Ibi kandi byaje kurangira iyi Korari nayo ubwayo kubera ibibazo by’ingutu byayikurikiye iseswa burundu, bamwe muba Kirisitu kugeza ubu nti bagishaka gusengera aho basengeraga barahinduye.

Dore ubutumwa RIB yanyujije kiri Twitter nyuma yo gufata Nzigiyimana Donatien:

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5899 Posts

Politiki

4150 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1024 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga