Urubanza rugitangira muri iki gitondo cyo kuwa 27 Ugushyingo 2019 i Buruseri mu Bubiligi mu rukiko rwa rubanda, uwahoze ari Burugumesitiri mu cyahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri yifuje ko itangazamakuru rihezwa akabona gutanga ubuhamya....
Read More
Gerayo Amahoro: Abashoferi batwara imodoka ntoya zitwara imizigo basabwe kwirinda kurangarira kuri telefoni
Muri uku kwezi k’ugushyingo aho Polisi y’u Rwanda iri mubufatanye na MTN muri gahunda ya Gerayo Amahoro hibandwa ku gushishikariza abakoresha umuhanda kwirinda impanuka ziterwa n’ uburangare buturuka ku gukoresha telefoni; kuri uyu wa...
Read More
Buruseli: Mu rubanza rwa Neretse icyifuzo cy’uwashakaga ko itangazamakuru risohorwa cyanzwe
Nyuma y’uko urukiko rwiherereye ubugira gatatu, uyu munsi wa 13 warwo rwamaze isaha yose mu mwiherero, hasuzumwa niba rwaha agaciro icyifuzo cy’umutangabuhamya wasabaga ko yavuga nta tangazamakuru rihari. Rwanzuye ko urubanza rukomeza mu ruhame,...
Read More
Buruseli: Umutangabuhamya mu rubanza rwa Neretse yikomye itangazamakuru asaba ko risohorwa
Kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2019 ku munsi wa 13 w’urubanza rw’umunyarwanda Neretse, uburanira mu rukiko rwa rubanda i Buruseli mu Bubiligi, hari umutangabuhamya (arafunzwe) wahoze ari superefe mu Ruhengeri. Yikomye itangazamakuru asaba ko...
Read More
Buruseli : Hamaze kuvugwa ba Neretse batatu bose bafite aho bahuriye na Jenoside
Kuri uyu munsi wa 12 wurubanza rwa Neretse Fabien uburanira mu rukiko rwa rubanda i Buruseli mu Bubiligi, hasomwe ubuhamya bwa Rusatira witabye Imana mu 2017. Uyu wari mu ishyaka MDR ritavugaga rumwe nubutegetsi,...
Read More
Nyarugenge: Umusore yafatanwe udupfunyika 5000 tw’urumogi
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge (Anti-Narcotics Unit) mu mpera z’iki cyumweru dusoza ryafashe umusore witwa Tuyambaze Eugene afite udupfunyika tw’urumogi ibihumbi bitanu (5000) yagendaga acuruza mu baturage. Yafatiwe mu...
Read More
Canada ibaye igihugu cya Kabiri gifatiriye indege ya Air Tanzania nyuma ya Afurika y’epfo
Indege nshya ya Air Tanzania yafatiriwe ku kibuga cy’indege muri Canada. Bubaye ubugira kabiri indege y’iki gihugu ifatirwa kuko ubushinze yari yafatiwe muri Afurika y’epfo. Intandaro ni umuhinzi wareze iki gihugu cyamunyaze ubutaka bwe...
Read More
Musanze: Kwihugiraho kwa bamwe mu babyeyi bishyira abana mu bibazo by’imirire mibi
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Nkotsi n’indi iwukikije ho mu karere ka Musanze bahamya ko ukwihugiraho kw’ababyeyi bituma bibagirwa inshingano bafite ku bana babo n’uburenganzira babagomba mu kubategurira indyo ikwiye (yuzuye) bigatuma...
Read More
Abagabo babiri bakekwaho gushuka abantu ko bagurisha imashini ikora amafaranga bafashwe
Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2019 nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gahanga yafashe abasore babiri aribo Ntambara Jean Marie Vianney ukomoka mu murenge wa Kimironko mu karere...
Read More
Abapolisi 28 basoje amahugurwa yo gukoresha imbwa zifashishwa mu gucunga umutekano
Mu rwego rwo kurushaho gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo, muri Polisi y’u Rwanda haba ishami rishinzwe gutegura no kwita ku mbwa zabugenewe zifashishwa mu gucunga umutekano. Iri ishami rizwi ku izina rya ”Canine Brigade.” Izi...
Read More