Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafashe itsinda ry’abantu umunani (8), banywaga bakanacuruza ikiyobyabwenge cya Heroine. Barinwdi (7) bafatiwe mu karere ka Huye mu murenge wa Ngoma biturutse ku makuru yari...
Read More
Ngoma: Umucuruzi mu kabari yatawe muri yombi na Polisi akekwaho guha inzoga abana
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukuboza 2019 ku munsi mukuru wa Noheri nibwo abana batatu b’abahungu bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko basanzwe mu kabari k’umucuruzi witwa Ndaruhutse Theophile barimo guhabwa inzoga. Aba...
Read More
Abirengagiza inama n’impanuro zitangwa na Polisi mu bihe by’imvura bongeye kuburirwa
Ni kenshi Polisi y’u Rwanda ihora ikangurira abaturarwanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga uko bagomba kwitwara mu bihe by’imvura nyinshi kugira ngo babashe gukiza ubuzima n’imitungo byabo. Nyuma y’imvura idasanzwe yaguye mu mugoroba wa tariki 25...
Read More
Musanze: Guverineri Gatabazi yasabye abamotari kwitwararika muri ibi bihe by’iminsi mikuru
Muri Gahunda ya Gerayo Amahoro, umuyobozi w’intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney ari kumwe n’umuyobozi wa Polisi mu karere ka Musanze Superintendent of Police (SP) Gaspard Rwegeranya basabye abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri...
Read More
Huye/Rusatira: Gitifu aravugwaho gukubita abaturage abandi akagenda abakurura nk’amatungo
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mugogwe, kuri uyu wa 25 Ukuboza 2019 yagiye mu rugo rw’umuturage yitwaje ikibando, afata bamwe mu baturage arakubita abandi abatwara akurura nk’utwaye amatungo. Byose byabereye mu rugo rw’umuturage witwa Mukakimenyi...
Read More
Umunyamahanga ukekwaho kwinjiza ikiyobyabwenge cya Heroine mu Rwanda yatawe muri yombi
Kuri uyu wa 24 Ukuboza 2019 Polisi y’u Rwanda yerekanye umusore w’umunya-Uganda witwa Mugenyi Rashid, ukekwaho gucuruza ibiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa Heroine abinyujije ku butaka bw’u Rwanda. Mugenyi Rashid, weretswe itangazamakuru, yafashwe tariki...
Read More
Ngoma/Nyamasheke: Abayobozi mu nzego z’ibanze bakanguriwe ku kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Polisi y’u Rwanda Ku bufatanye n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku iterambere(UNDP), kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Ukuboza 2019 bakomeje amahugurwa amaze igihe ahabwa abayobozi mu nzego z’ibanze n’inzego z’umutekano. Ni amahugurwa ku...
Read More
Kamonyi: Umuforomo waketsweho gusambanya umubyeyi yabyazaga, yavuze imvo n’imvano
Niyigena Pierre, umukozi (umuforomo) mu kigo nderabuzima cya Nyamiyaga uherutse gukekwaho gufata umubyeyi yabyazaga akamusambanya, ahamya ko ibyamuvuzweho atari ukuri, ko habayemo uguhimbahimba no gushaka kumuharabika. Ubuyobozi bw’Ikigo nderabuzima nabwo buhamya ko ibyavuzwe kuri...
Read More
Kamonyi: Bitarenze Mutarama 2020 umuhanda wa kaburimbo Runda, Gihara-Nkoto uratangira
Alice Kayitesi, umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi atanga icyizere ku batuye akarere by’umwihariko abategereje igihe iyubakwa ry’umuhanda wa Kaburimbo bijejwe wa Runda, Gihara-Nkoto ko bitarenze ukwezi kwa mbere (Mutarama) 2020 nta kabuza imirimo izatangira. Aganira...
Read More
Burera/Rutsiro: Udupfunyika turenga 2,300 tw’urumogi twarafashwe, abakekwa hafatwa umwe
Abagabo babiri bakekwaho gucuruza urumogi, umwe yafatiwe mu karere ka Rutsiro n’udupfunyika 474 mu gihe uw’I Burera hafashwe udupfunyika 1912, uwari urufite akava mu modoka rwafatiwemo akagenda nkugiye kunyara ntagaruke. Polisi y’u Rwanda ikorera...
Read More