• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Kamonyi: Menya imyirondoro ya batanu bagwiriwe n’ikirombe batatu bagahita bapfa

Umwanditsi
January 14, 2020

Abantu batanu kuri uyu wa 14 Mutarama 2020 mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga bagwiriwe n’ikirombe bacukuragamo amabuye bakuramo Konkasi. Batatu bahise bahasiga ubuzima, abandi babiri barakomereka. Imyirondoro ya bamwe muri aba yamaze kumenyekana.

Imyirondoro y’aba bantu bagwiriwe n’ikirombe nk’uko ubuyobozi bw’Umurenge bwayitangaje, harimo utabashije kugaragarizwa imyirondoro, ariko intyoza.com iracyakurikirana iby’iyi myirondoro yose hamwe n’ ibijyanye n’ubwishingizi bw’aba bakozi.

Iki kirombe gicukurwamo amabuye akurwamo Konkase ni icy’ uwitwa Ngenzi primiyani wo mu Kagari ka Kigese ho mu Murenge wa Rugalika mu karere ka Kamonyi.

Imyirondoro y’abo ikirombe cyagwiriye:

Abapfuye:

1)Yankurije Donatile w’imyaka 54 y’amavuko. Ni mwene Munyukafu yosefu  na nyiranzarubara costasie

2)Musengimana polidi (Imyirondoro ye ntabwo iramenyekana)

3)Karera Innocent w’imyaka 39 y’amavuko. Uyu ni mwene Munyantore Daniel na   Nyirabazaza Daforosa

Abakomeretse:

1)Uwiduhaye Charlotte w’imyaka 20 y’amavuko

2) Dushimiye Bernadette w’imyaka 21 y’amavuko.

Abakomeretse bajyanywe kuvurirwa ku kigo nderabuzima-Centre de Sante ya nyamiyaga.

Soma indi nkuru bijyanye hano: Kamonyi/Nyamiyaga: Abantu batanu bagwiriwe n’ikirombe harokoka babiri

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga