Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo kurwanya ababuza abana uburenganzira bwabo bakabakoresha ibinyuranyije n’amategeko. Ni muri urwo rwego kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Mutarama 2020, mu karere ka Gasabo mu murenge wa Jali...
Read More
Nyanza: Batanu bafashwe bakekwaho gucuruza mazutu mu buryo bwa magendu
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 Mutarama 2020 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kigoma mu kagari ka Gasoro yakoze umukwabu maze ifatiramo abantu bacuruzaga mazutu mu buryo...
Read More
Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida Pierre Nkurunziza ryahisemo uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’igihugu
Kongere y’ishyaka CNDD-FDD yateranye kuri uyu wa 26 Mutarama 2020 yamaze kwemeza ko Jenelari Majoro Ndayishimiye Evariste ariwe uzahagararira iri shyaka mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganijwe mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka. Kuba ishyaka...
Read More
Kamonyi: Amaranye ubumuga imyaka 12, yasabye ubufasha abwirwa ko ntabwo
Niyomufasha Florence, ni umwana ufite ubumuga bw’ingingo amaranye imyaka 12, aho we na Mama we n’abavandimwe bane batuye mu Mudugudu wa Rubumba, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda, Akarere ka kamonyi. Mama we, avuga...
Read More
Kacyiru: Nyuma y’umuganda rusange abapolisi batanze amaraso yo gufasha imbabare
Buri wa Gatandatu usoza ukwezi nk’uko bisanzwe abanyarwanda bakora umuganda rusange, abapolisi nabo hirya no hino mu gihugu bifatanya n’abandi banyarwanda muri uwo muganda rusange. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Mutarama 2020...
Read More
Abanyarwanda bakora ingendo mu Bushinwa barasabwa kuba maso kubera Coronavirusi
Leta y’u Rwanda irakangurira abanyarwanda bakora ingendo zijya mu bushinwa kwirinda icyorezo cy’indwara iterwa na virus ya koronavirusi (coronavirus) yagaragaye mu mujyi wa Wuhan mu Bushinwa. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Diane Gashumba...
Read More
Abandi bapolisi 30 basoje amahugurwa y’ubugenzacyaha ku mpanuka zo mu muhanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mutarama 2020 nibwo abapolisi b’u Rwanda 30 basanzwe bakora mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda basoje amahugurwa ajyanye n’ubugenzacyaha ku mpanuka zibera mu...
Read More
Burera: Yashikuje umunyamerika igikapu, acakirwa n’abaturage bamwirutseho
Ku manywa yo kuri uyu wa 22 Mutarama 2020 nibwo uwitwa Ngaboyisugi Bernard ufite imyaka 28 y’amavuko yashikuje igikapu umunyamahanga ukomoka muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika (Leta ya Texas). Icyo gikapu cyarimo amafaranga y’u...
Read More
Urubyiruko rw’abakorebushake rwasabwe kutirara mu guharanira icyateza imbere u Rwanda n’abarutuye
Ibi babisabwe kuri uyu wa 23 Mutarama 2020 ubwo bari mu ihuriro ngaruka mwaka aho uru rubyiruko ruba rwaturutse mu mpande zose z’igihugu bagahura n’abayobozi bakaganira. Iri huriro ry’umunsi umwe ryabaye ku nshuro ya...
Read More
Rulindo: Baje mu nteko y’abaturage n’ibyapa bya gahunda ya “Gerayo Amahoro”, bagaragaza ko imaze kubacengera
Abaturage bo mu karere ka Rulindo mu murenge wa Base ubwo bari mu nteko y’abaturage yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mutarama 2020, baratunguranye ubwo bazaga mu nteko y’abaturage bafite ibyapa bakoze...
Read More