• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
21/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
21/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
21/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
21/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage

Me Evode Uwizeyimana na Dr Isaac Munyakazi beguye ku bunyamabanga bwa Leta(MoS)

Umwanditsi
February 6, 2020

Amakuru atangazwa n’ibiro bya Minisitiri w’intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente, ni ay’uko kuva muri iri joro rya tariki 6 Gashyantare 2020 bamaze kwakira ubwegure bwa Me Evode Uwizeyimana wari umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera hamwe na Dr Isaac Munyakazi wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi.

Nkuko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente, itangazo ryashyizweho mu ma saa tanu z’iri joro, bagaragaza ko yakiriye ubwengure bw’aba bayobozi bari muri Guverinoma y’u Rwanda.

Kuri Me Evode Uwizeyimana wari umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe itegeko Nshinga n’andi mategeko, nta kabuze ko benshi batekereza ko impamvu itumye yegura ari uguhutaza aherutse gukorera umukozi w’Igitsina gore wo muri Kampuni ya ISCO ishinzwe gucunga umutekano, ubwo byavuzwe ko yamuhiritse akagwa hasi yanze gusakwa.

Dr Munyakazi Isaac

Kuri Dr. Isaac Munyakazi, biragoye kugeza ubu kuba abantu bagira icyo bavuga ku mpamvu zateye ukwegura kwe, nubwo Minisiteri asanzwemo ivugwamo ibibazo by’uruhuri bibangamiye uburezi bw’u Rwanda.

Dore uko iri tangazo ryo mubiro bya Minisitiri w’intebe rivuga:

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5847 Posts

Politiki

4098 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1005 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga