Itangazo rituruka mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente ryo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2020, rivuga ko Dr Diane Gashumba wari Minisitiri w’Ubuzima yamaze gutanga ubwegure bwe kubera amakosa akomeye...
Read More
Huye/Rusatira-Kimuna: Umukecuru yahisemo kwiyahura aho guha Gitifu ibihumbi 500
Kuri uyu wa 14 Gashyantare 2020, mu kagari ka Kimuna, Umurenge wa Rusatira ho mu karere ka Huye, umukecuru witwa Mukandekezi Helena yafashe umwanzuro wo kwiyahura nyuma yo gusabwa na Gitifu w’Umurenge amafaranga ibihumbi...
Read More
Kizito Mihigo arakekwaho ibyaha birimo kujya kwifatanya n’imitwe y’iterabwoba
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, kuri uyu wa 14 Gashyantare 2020 rwatangaje ko bumaze iminsi ibiri bufite umuhanzi Kizito Mihigo, aho bwamushyikirijwe n’inzego z’Umutekano. Akurikiranyweho ibyaha birimo icyo kujya kwifatanya n’imitwe y’iterabwoba irwanya I Gihugu, icyaha...
Read More
Nyamagabe: Umucuruzi yafatiwe mu nzira ashyiriye mugenzi we ibiyobyabwenge
Twahirwa Pascal w’imyaka 32 niwe wafatiwe mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Musange acuruza ikinyobwa cya Kanyanga kitemewe mu Rwanda, kiri mu kiciro cy’ibiyobyabwenge byoroheje. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of...
Read More