Mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 15 Gashyantare 2020 mu tugari twose habereye igikorwa cy’Umuganda wihariye w’urubyiruko. Iki gikorwa cyahujwe n’icyumweru cyahariwe ibikorwa by’Abagide n’Abasukuti, ahoku rwego rw’Igihugu baje mu Mudugudu wa Mushimba,...
Read More
Musanze: Abantu bane bafatanywe Litiro hafi ibihumbi 13 by’inzoga z’inkorano zitemewe
Polisi y’u Rwanda yakanguriye abaturage bo mu karere ka Musanze kureka kunywa, gucuruza no gukora inzoga zitemewe. Ubukangurambaga bwabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gashyantare 2020 nyuma y’aho muri aka karere mu...
Read More
Kamonyi/Mugina: Ikigo cya IHS Ltd cyishyuriye abaturage 500 Mituweli
Imiryango 116 igizwe n’abaturage 500 bo mu murenge wa Mugina kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020 bishyuriwe ubwishingizi bw’ubuzima bw’umwaka wa 2019-2020 n’ikigo( company) IHS Ltd gishinzwe iminara y’itumanaho mu Rwanda no hanze yarwo....
Read More
Abanyeshuri ba MKU mu ishami rya Public Health mu nzira y’urugendo shuri kuri EBOLA
Abanyeshuri biga mu ishami ry’ubuzima rusange (Public Health) muri Mount Kenya University, mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Gashyantare 2020 berekeje mu rugendo shuri I Rubavu. Ni mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi no...
Read More