• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
20/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
20/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
20/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage

EBOLA yongeye kugaragara muri Congo

Umwanditsi
April 10, 2020

Umurwayi mushya wa Ebola yongeye kugaragara mu gihugu cya Congo. Ni mu gihe hari hamaze igihe kitari gito iki cyorezo gisa n’ikitagihari. Ubutegetsi bwa Congo bwabyemeje, ariko kandi n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima-OMS ryabyemeje.

Umuyobozi mukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita kubuzima-OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus mu butumwa yanyujije kuri twitter ye, yatangaje ko kuri uyu wa 10 Mata 2020 yagiranye inama n’ikipe y’ubutabazi bwihuse kuri iki cyorezo muri Congo, bakemeza ko habonetse umurwayi mushya nyuma y’ibyumweru 52 byari bishize.

Nyuma yo kuboneka k’uyu murwayi, byitezwe ko hashobora no kuboneka abandi benshi. Tedros avuga ko ibi bitumye igikorwa Leta ya Congo yagombaga gukora kuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2020 cyo kwemeza ko EBOLA ntayikirangwa muri iki gihugu kitakibaye nk’uko byari byitezwe.

Abategetsi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko Minisiteri y’Ubuzima, bahangayikishijwe n’iki cyorezo kigaragaye muri ibi bihe bahanganye n’icyorezo cy’indwara ya CoronaVirus ndetse n’indwara y’Iseru bitaboroheye.

Icyiza cy’indwara ya Ebola kigaragaje muri Congo mu kwezi kwa Kanama kwa 2018, aho abacyanduye basaga ibihumbi bitatu, mu gihe abasaga ibihumbi bibiri cyabahitanye.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5847 Posts

Politiki

4098 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1005 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga