Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 11 Gicurasi 2020 ku cyorezo cya Covid-19, igaragaza ko habonetse umuntu umwe mushya mu bipimo 380 byafashwe. Abakirwaye bose hamwe ni 135 mu gihe...
Read More
Kamonyi/Covid-19: Batewe ubwoba n’abashoferi b’amakamyo binyabya bakiha akabyizi mu macumbi (Lodge)
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda, by’umwihariko abaturiye ahazwi nka MAGERWA ( mu isantere y’ubucuruzi ya Ruyenzi) haruhukira amakamyo atwawe n’abashoferi, bavuga ko batewe impungenge ndetse n’ubwoba, ko bashobora...
Read More
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi mu myanya itandukanye
Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Ngirente Edouard, kuri uyu wa 11 Gicurasi 2020 riragaragaza ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul, ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya...
Read More
Indaya zo muri Zambia ziri gufasha Leta mu gutahura abakekwaho CoronaVirus
Abagore n’abakobwa bakora umwuga wo kwicuruza, aba bazwi ku izina ry’ “ Indaya” mu gihugu cya Zambia barashimirwa na Minisitiri w’Ubuzima w’iki Gihugu uruhare bari kugira mu gufasha Leta gukurikirana abakekwaho icyorezo cya Covid-19....
Read More