• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Kwibuka imiryango yazimye ni ukuyisubiza agaciro cyane ko nta wundi bafite ubibakorera-Guverineri Kayitesi
16/06/26
Amajyepfo: Polisi iragira iti“ Ntabe ari Njye urebera abakora ibinyuranyije n’Amategeko…, ibyaha”
16/06/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Yaguwe gitumo arimo gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
16/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka

Burundi: Agathon Rwasa, yanze kwemera ibyavuye mu matora yiyambaza urukiko

Umwanditsi
May 28, 2020

Umukandida w’ishyaka CNL ritavuga rumwe na Leta mu Burundi, Agathon Rwasa, nyuma yo kudatsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu, aho yaje ku mwanya wa kabiri n’amajwi 24,19%, yanze ibyatangajwe na Komisiyo ishinzwe matora-CENI. Yiyambaje urukiko rurinda iremezo ry’itegeko Nshinga( Sentare yubahiriza ibwirizwa Nshingiro).

Agathon Rwasa, nyuma yo kutanyurwa n’ibyo Komisiyo y’Igihugu ishinzwe amatora mu Burundi-CENI yatangaje, aho yavuze ko uwatsinze amajwi by’agateganyo ari Ndayishimiye Evariste wagize 68,72%,  yagiye kuregera urukiko rurinda iremezo ry’itegeko Nshinga. Ahamya ko ahereye ku byemezo yahaye iyo uru rukiko, ari we yatahukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’Igihugu.

Mu ibarura ry’amajwi  y’agateganyo, Komisiyo ishinzwe gutunganya amatora-CENI, yemeje ko umukandida w’Ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi General Ndayishimiye Evariste ariwe yatsindiye intebe ya perezida ku majwi 68.72% naho uwamukurikiye akaba Agathon Rwasa w’Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi aho yabonye anajwi 24.19% ku bakandida barindwi bari bahanganiye iyi ntebe.

Agathon Rwasa, nkuko ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru ribitangaza, akiva gutanga ikirego yavuze ko ibizaba muri uru rukiko rurinda iremero ry’itegeko nshinga nibitamunyura, aziyambaza izindi nzego zo mu karere. Urukiko rugomba kuba rwamusubije mu gihe kitarenze iminsi umunani.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5982 Posts

Politiki

4229 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga