• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
15/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
15/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
15/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Abimukira 30 muri Libiya bagabweho igitero baricwa mu gisa no kwihorera

Umwanditsi
May 29, 2020

Umuryango w’umwe mu bagizi ba nabi bacuruza abimukira yishwe muri Libiya. Ba nyiri uyu wishwe, bateye mu mujyi wa Mizdah mu bisa no kwihimura/kwihorera ku wabo wishwe, bica abimukira 26 b’Abanyabangaradeshe hamwe n’Abanyafurika bane nkuko Leta y’iki gihugu yabitangaje kuri uyu wa Kane Tariki 28 Gicurasi 2020.

Ishyirahamwe mpuzamahanga ryita ku bimukira, rimenyesha ka abo bantu bishwe barashwe ku musi wa gatatu tariki 27 Gicurasi 2020 aho abimukira bahurizwa mu mujyi wa Mizdah.

Iyicwa ry’aba bimukira, ryerekana ibibazo n’ingorane bacamo muri iki gihugu cya Libiya, aho imihangayiko, ubwicanyi n’akajagari byatumye udutsiko tw’abagizi ba nabi bakora ubucuruzi bw’abantu kibazo.

Leta y’iki Gihugu cya Libiya, nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, ivuga ko bari bishe umwe mu babacuruza mu mujyi wa Mizdah hafi y’umurwa mukuru Tripoli. Ibyo bigaragaza ko byatumye umuryango w’uwishwe ukora igikorwa cyo kwihorera wica aba bimukira 30, mu gihe abandi 11 bakomerekeya muri ubwo bwicanyi.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga