• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Hitezwe igihombo cya Miliyari n’Amamiliyoni y’Amadolari yavaga mu bukerarugendo-Perezida Museveni

Umwanditsi
June 3, 2020

Yoweri Kaguta Museveni, Perezida w’Igihugu cya Uganda, kuri uyu wa 01 Kamena 2020 yatangaje ko igihugu ayoboye kizahomba Miliyari imwe na Miliyoni magana atandatu y’amadolari ya Amerika babonekaga avuye mu bukerarugendo. Ibi ngo ni ingaruka z’icyorezo cya Coronavirus. Ubukerarugendo ni hamwe mu hantu hinjiriza iki gihugu akayabo k’Amadolari.

Ba mukerarugendo, baza mu Gihugu cya Uganda kureba inyamaswa z’ubwoko butandukanye harimo nk’Intare, giraffe, imbogo hamwe n’izindi nyamaswa zitandukanye.

Hari kandi ba Mukerarugendo bandi baza kureba inguge nini zitwa, “Gorilles”mu rurimi rw’igifransa cyangwa se Ingagi(mu Kinyarwanda) mw’ishamba/Pariki riri mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu. Ni ku rubibe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda.

Igihugu cya Uganda, nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, cyabonye Miliyari 2 y’Amadolari ya Amerika kiyakuye mu bukerarugendo mu mwaka w’i 2017. Iki gihugu kandi cyari kinjije Miliyari imwe na Miliyoni magana arindwi mu mwaka w’imbere yaho.

Ikigega mpuzamakungu FMI cyatangaje mu kwezi gushize kwa Gicurasi 2020 ko byari byitezwe ko amafaranga Uganda ikura mu bukerarugendo agabanuka ibice 54 kw’ijana hagati y’umwaka w’i 2019 n’umwaka w’i 2020.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga