• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/10/25
Kamonyi-Kayenzi/GIMI: Barishimira ikorwa ry’Umuhanda wari umaze guhinduka nk’inzira
14/10/25
Kamonyi-Kayenzi: Kirazira ko ducika intege, INKOTANYI ni urugero rw’ibishoboka-Gitifu Nsengiyumva
14/10/25
Kamonyi-Rugalika: Mwahamagariwe gukora, kurera Abana Igihugu cyifuza-Visi Meya Marie Josée Uwiringira
14/10/25
Kamonyi-Rugalika: Abageze mu zabukuru barashimira Perezida Paul Kagame wabarinze gusaza badasabiriza

Minisitiri w’Ingabo wa Amerika yashwishurije Trump ko nta basirikare bazoherezwa mu baturage

Umwanditsi
June 4, 2020

Nyuma y’iminsi mike Perezida Donald Trump akangishije abigaragambya babitewe n’umubabaro w’urupfu rw’Umwirabura George Floyd wishwe n’umupolisi w’umuzungu, akababwira ko azohereza abasirikare bakarangiza akazi, kuri uyu wa 03 Kamena 2020, Minisitiri w’Ingabo wa Amerika yatangaje ko nta basirikare bazoherezwa mu mihanda y’iki gihugu.

Mark Esper, Minisitiri w’Ingabo za Leta zunze Ubumwe za Amerika, Mark Esper, yatangaje ko adashyigikiye ikoreshwa ry’ingabo z’iki gihugu mu gikorwa cyo guhagarika imyigaragambyo irimo kuba mu bice bitandukanye by’igihugu.

Mark Esper, yitandukanije na Perezida Trump, aho kwa mbere w’iki cyumweru aherutse gutangaza ko azohereza abasirikare mu mihanda ya Amerika kugarukana umutekano, mu gihe igipolisi n’abategetsi b’ahabera imyigaragambyo bananiwe kubihosha.

Perezida Trump nkuko ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru ryabitangaje, yavuze ko azifashisha itegeko ryo mu 1807 ryatowe n’inteko nshingamategeko, aho rivuga ku kurwanya imyigaragambyo. Azaryifashisha mu kohereze ingabo mu mihanda itandukanye y’ahigaragambiriza abashavujwe n’urupfu rw’uyu mwirabura Floyd wishwe n’umupolisi w’umuzingu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5888 Posts

Politiki

4139 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1020 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

147 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga