• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha-CPI ruvuga ko rudatinya iterabwoba rya Amerika

Umwanditsi
June 17, 2020

Umucamanza mukuru w’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha-CPI, avuga ko nta kimutera ubwoba, nyuma y’aho Perezida w’Amerika Donald Trump ategekeye ko hajyaho ibihano kuri uru rukiko rushaka guperereza ku byaha byo mu ntambara byaba byarakozwe n’abasirikare ba Amerika muri Afghanistani.

Fatou Bensouda, yabwiye Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru ko atazacika intege kucyo uru rukiko rwiyemeje cyo gucira imanza abakoze ibyaha byo mu ntambara.

Perezida Donald Trump ku munsi wa kane tariki 11 Kamena 2020, yategetse ibihano by’ubutunzi/ubukungu no guhagarika ingendo muri Amerika ku bakozi b’uru rukiko-CPI n’imiryango yabo. Minisitiri w’Ubutabera wa Amerika, William Barr, yatangaje kandi ko Minisiteri ayoboye ifite ibyemeza ko uru rukiko rwaranzwe na ruswa.

Minisitiri ushinzwe Ubutwererane n’Ububanyi n’Amahanga wa Amerika, Mike Pompeo, nawe yavuze ko Amerika itari muri uru rukiko, yongera anateguza/abwira ibihugu byo ku mugabane w’I Bulayi by’inshuti, bihuriye mu muryango wo kurwanyiriza hamwe umwanzi wa OTANI, Abibwira ko nabyo bishobora gukurikiranwa n’uru rukiko ku byaha byo mu ntambara bakoze muri Afghanistani.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga