• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
23/08/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Kwesa Imihigo 98 n’indi yihariye byabaheshe guhiga indi mirenge y’Akarere
23/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
23/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
23/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB

Guverinoma y’u Butaliyani yoroheje ingamba zo gushyira abakinnyi mukato ka Covid-19

Umwanditsi
June 20, 2020

Mu gihe Shampiyona y’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Butaliyani yarimaze amezi ane yarahagaze, ikaba isubukurwa kuri uyu wa 20 Kamena 2020, iki gihugu cyatangaje ko akato ku mukinnyi uzakekwaho Covid-19 kazaba iminsi 10 aho kuba 14, ibi bikajyana n’uko mu gihe agaragaye ari umwe mu ikipe ariwe gusa uzagashyirwamo aho kuba ikipe yose.

Leta y’u Butaliyani, yatanze ingero ivuga ko niba hari umukinnyi upimwe bakamusangamo Covid-19, atazamara iminsi 14 mu kato ahubwo azakamaramo iminsi 10 mu gihe ikipe yose ya bagenzi be itazagashyirwamo, ahubwo hazajya hapimwa buri mukinnyi mbere ya buri mukino bagiye gukina ndetse hanakorwe ibizamini ku buyobozi bwa ekipe yose kugira ngo harebwe uko bahagaze.

Mu isibukurwa rya Shampiyona y’u Butaliyani, kuri uyu wa gatandatu, ikipe ya Torino na Parma baracakirana ku I saa munani n’igice mu gihe ku I saa tatu z’ijoro ikipe ya Cagliari yesurane na Verona.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5848 Posts

Politiki

4099 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1006 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga