• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
17/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari
17/09/25
Indege itagira umupirote( Drone) y’Igisirikare cy’u Rwanda yakomerekeje Abanyeshuri
17/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa

Burundi: Perezida Evariste Ndayishimiye yashyizeho Guverinoma nshya, ingabo aziyoboza umusivile

Umwanditsi
June 29, 2020

Umukuru w’Igihugu cy’Uburundi, Evariste Ndayishimiye na Minisitiri we w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni kuri uyu wa 28 Kamena 2020 bashyizeho Guverinoma Nshya igizwe n’abaminisitiri 15. Minisiteri y’Ingabo bayiragije umusivile, mu gihe batanu muri iyi Guverinoma bayisanzwemo.

Nk’uko bigaragara mu iteka ryashyizweho umukono na Perezida Ndayishimiye na Miinisitiri w’intebe, Alain-Guillaume Bunyoni, iyi Guverinoma igizwe n’abaminisitiri 15. Batanu muribo bari bayisanzwemo, ni uw’Imari ya Leta, uw’Uburezi, uw’Ubuzima, uw’Ibidukikije, n’uw’Umuryango w’Afurika y’uburasirazuba-EAC.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri iyi Guverinoma ni mushya: Ambasaderi Albert Shingiro wari usanzwe ahagarariye Uburundi mu Muryango w’Abibumbye. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Umutekano wa rubanda nawe ni mushya: Commissaire de Police Chef Gervais Ndirakobuca (uri ku rwego rwa jenerali). Kimwe na minisitiri w’Intebe, nawe ari mu Barundi bafatiwe ibihano n’Umuryango w’Ubumwe bw’Ubulayi hamwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika. Babarega guhohotera uburenganzira bw’ikiremwa muntu.

Minisitiri w’Ingabo z’Igihugu nawe nkuko ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru ribitangaza, ni mushya kandi ni Umusivili. Ni Ingenieur Alain Tribert Mutabazi, wari usanzwe ari Guverineri w’Intara ya Kirundo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5867 Posts

Politiki

4118 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga